• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, March 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuririmbyi ndetse kaba n’umujyana wa Perezida wa Big Talent Entertainment Eddy Kenzo mu byerekeye abahanzi, aho yagaragaje akababaro ke nyuma y’uko havuzwe ko yagiranye amakimbirane ba Bebe Cool mu gihe cy’amatora yaherukaga kuba.

Umuyobozi wa Big Entertainment Kenzo,  mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru, yabajijwe amakuru avugwa ko hagati ye na Bebe Cool batabanye neza. Kenzo ntiyabashije, gusobanura ko Bebe Cool ari umuntu ifite ibitekerezo bibi ku bandi.

Nk’uko Kenzo yabivuze, Bebe Cool akunze kuvuga nabi bagenzi be b’abahanzi kandi agashaka kubakandamiza ku rwego rwo kubereka ko ariwe muhanzi uyoboye muri Uganda.

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

N’ubwo Kenzo avuga ko Bebe Cool “yamukoreye nabi,” yavuze ko yahisemo kutita cyane kuri ibyo bibazo.

Ati:“Bebe Cool aranzi, mbere na mbere, nzaha icyubahiro abantu banyuze imbere yanjye nabo biyubahisha. ariko ikibazo cya Bebe Cool akunda cyane amakimbirane. Ibyo kandi si ikibanzo cyanjye.”

Ibi kenzo yagaragaje ko atabifata nk’ikibazo gikomeye mu buzima bwe cyagwa mu mwuga w’ubuhanzi, ahubwo azajya yibanda ku rugendo rwe bwite.

Kugeza ubu aba bahanzi bombi ntibari bumvikana neza, aho amakuru avuga ko umwuka mubi uri hagati yabo n’imikoreshereza y’amafaranga y’amatora—ikibazo cyavuzweho gituma habaho ukutumvikana yagati y’abahanzi bombi.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Next Post

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025 bwateye intambwe ishimishije mu kuvura indwara zikomeye: Gusimbuza impyiko no kubaga umutima bisigaye bikorerwa mu Rwanda

Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025 bwateye intambwe ishimishije mu kuvura indwara zikomeye: Gusimbuza impyiko no kubaga umutima bisigaye bikorerwa mu Rwanda

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.