Umuririmbyi ndetse kaba n’umujyana wa Perezida wa Big Talent Entertainment Eddy Kenzo mu byerekeye abahanzi, aho yagaragaje akababaro ke nyuma y’uko havuzwe ko yagiranye amakimbirane ba Bebe Cool mu gihe cy’amatora yaherukaga kuba.
Umuyobozi wa Big Entertainment Kenzo, mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru, yabajijwe amakuru avugwa ko hagati ye na Bebe Cool batabanye neza. Kenzo ntiyabashije, gusobanura ko Bebe Cool ari umuntu ifite ibitekerezo bibi ku bandi.
Nk’uko Kenzo yabivuze, Bebe Cool akunze kuvuga nabi bagenzi be b’abahanzi kandi agashaka kubakandamiza ku rwego rwo kubereka ko ariwe muhanzi uyoboye muri Uganda.

N’ubwo Kenzo avuga ko Bebe Cool “yamukoreye nabi,” yavuze ko yahisemo kutita cyane kuri ibyo bibazo.
Ati:“Bebe Cool aranzi, mbere na mbere, nzaha icyubahiro abantu banyuze imbere yanjye nabo biyubahisha. ariko ikibazo cya Bebe Cool akunda cyane amakimbirane. Ibyo kandi si ikibanzo cyanjye.”
Ibi kenzo yagaragaje ko atabifata nk’ikibazo gikomeye mu buzima bwe cyagwa mu mwuga w’ubuhanzi, ahubwo azajya yibanda ku rugendo rwe bwite.
Kugeza ubu aba bahanzi bombi ntibari bumvikana neza, aho amakuru avuga ko umwuka mubi uri hagati yabo n’imikoreshereza y’amafaranga y’amatora—ikibazo cyavuzweho gituma habaho ukutumvikana yagati y’abahanzi bombi.







