• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

Dore bimwe mu bimetso biranga indwara ya infections ku bagore

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Ubwandu bw’imyanya ndangagitsina y’umugore (Les vaginites et infections vaginales) ni ukwangirika kw’iyo myanya ndetse ikaba yanabyimba bitewe n’impamvu zinyuranye cyane cyane udukoko dutandukanye umugore ashobora gukura ahantu hatandukanye.

Ubu bwandu bushobora guterwa n’isuku nke, kuba umugore cyangwa umukobwa yabwandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, n’ahandi.

Urubuga Doctissimo dukesha iyi nkuru, rutangaza ko amazi ya Piscine yanduye nayo ashobora gutuma umugore cyangwa umukobwa yandura ubu burwayi.

’Infections vaginales’ zirangwa n’iki?

Ikimenyetso nyamukuru kiranga iyi ndwara ni ururenda rudasanzwe ruturuka mu gitsina cy’umugore. Bitewe n’ubwoko bw’udukoko twateye ubwo burwayi, urwo rurenda rushobora kugira amabara atandukanye, nkaho ushobora kubona ari umweru, umuhondo,….

Mu bindi bimenyetso twavugamo:

– Kugira uburyaryate mu gitsina
– Ububabare bukabije
– Kumva wokerwa mu gitsina
– Ububabare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
– Kujya kunyara ukababara
– Kubyimba kwa bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina by’inyuma

Ese iyi ndwara isuzumwa ite?

Muganga w’inzobere mu kuvura indwara zifata imyanya ndangagitsina niwe usuzuma iyi ndwara, aho afata rwa rurenda akarupima kugira ngo arebe impamvu yabiteye.

Ese ubu burwayi buravurwa ?

Yego iravurwa igakira. Ni byiza ko iyo ubonye bimwe muri bya bimenyetso twabonye haruguru, ugomba kwihutira kujya kwa muganga, bakareba impamvu yabiteye, ubundi bakakuvura. Si byiza kwivurisha imiti iyo ariyo yose mu gihe utagiye kwa muganga ngo barebe impamvu igutera ubu burwayi ndetse banakwandikire imiti yabugenewe.

Inama abagore n’abakobwa bagirwa n’abahanga mu by’ubuzima

– Gukaraba inshuro 1 cyangwa 2 ku munsi
– Kwirinda gukoresha isabune bakaraba mu gitsina
– Kumutsa igitsina nyuma yo kwiyuhagira (Bien sécher la vulve après chaque toilette)
– Kudakomeza kwambara imyambaro y’imbere igihe yatose.
– Gukoresha agakingirizo iteka igihe umukobwa cyangwa umugore agirana imibonano mpuzabitsina n’abantu batandukanye.

– Mu gihe cy’imihango, umugore cyangwa umukobwa, aba agomba guhindura kenshi ibikoresho akoresha byo kwisukura.

– Mu gihe avuye mu bwiherero, umugore cyangwa umukobwa asabwa kwihanagura aganisha inyuma kugira ngo umwanda utava mu kibuno ujya mu gitsina (Aux toilettes, s’essuyer d’avant en arrière pour éviter de ramener les germes de l’anus vers le vagin).

– Kwirinda imyambaro ifatira cyane.
– Kwanika imyenda y’imbere ahantu hava izuba ndetse ikanaterwa ipasi.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Doja Cat yamaze gushira

Next Post

Uganda: Abahanzi bishimiye itegeko rya copyright ryemejwe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

by MUNYANKINDI Alphonse
4 days ago

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ibisuko, perike n’imishatsi y’inyongera abagore benshi bakoresha ku Isi bishobora kuba birimo ibinyabutabire bifitanye isano na...

Urujijo ku mirambo myinshi yatahuwe aho yari itabye

Urujijo ku mirambo myinshi yatahuwe aho yari itabye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 week ago

Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu...

Nyuma yo kwanga gushyingiranwa Yatewe urushinge rurimo virusi itera SIDA

Nyuma yo kwanga gushyingiranwa Yatewe urushinge rurimo virusi itera SIDA

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

  Hari ikintu cyatangaje benshi cyabaye muri leta ya Telangana mu Buhinde, aho umugabo wari urakaye yateye umukobwa urushinge nyuma...

Next Post
Uganda: Abahanzi bishimiye itegeko rya copyright ryemejwe

Uganda: Abahanzi bishimiye itegeko rya copyright ryemejwe

Zari Hassan yahakanye ibihuha bimaze iminsi bikwirakwizwa

Zari Hassan yahakanye ibihuha bimaze iminsi bikwirakwizwa

“Ku rubyiniro si mu rusengero” – Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah

"Ku rubyiniro si mu rusengero" - Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.