• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 10, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Don Jazzy yatangaje impamvu ituma amashyirahamwe atunganya umuziki atsindwa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 12, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025 , umuyobozi w’inzu itunganyirizwamo umuziki (Mavin Records), Don Jazzy, yavuze ko kutubaha abahanzi ari yo mpamvu ikomeye cyane ituma abafite label nshya bagira ibibazo.

Don Jazzy, umwe mu bayobozi b’amashyirahamwe akomeye, atunganya umuziki muri Nigeria, yabitangaje mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X ( Twitter) kuri uyu wa Gatanu.

Umwe mukoresha  X, witwa Harewoh, yari yamusabye kubasobanurira ikosa rijya rikorwa n’amashyirahamwe mashya y’abahanzi muri Nigeria.

Don Jazzy, mu gusubiza igisubizo cya Harewoh yavuze ko abahanzi bakoranye amasezerano ( Contract ) na amalabel ko bagomba guhabwa icyubahiro kugira ngo label ibashe gutera imbere.

Yagize ati: “Nshobora kuba ntari mu kuri ijana ku ijana, ariko nabonye ko bamwe mu bayobozi ba ama label badaha agaciro abahanzi bafitanye amasezerano.”

“Niba ugamije kubaka umuhanzi uzavamo icyamamare gikomeye kandi ku ruhando mpuzamahanga, hera  ku munsi wa mbere umuha icyubahiro n’agaciro akwiye.”

“Kandi ikintu kimwe zineza ni uko benshi mu bayobozi bashya ba amalabel bafataho ikitegererezo, ariko bikaragira bakoze amakosa yo gukurikiza ibyo bumva ku izina ryanjye rya ‘Don’.”

Don yasoje agira ati: “Mu kigero kingana na 90% iyo ndi kumwe n’abahanzi banjye, mbaha umwanya wo kumva imbogamizi bahura nazo ndetse nkabafasha no kuzikemura ikindi nkashira imabaraga mu kubagira ibyamamare.
“Naho mu gihe kingana na 10% niho ngomba kugaragaza ko ndi umuyobozi.”

Previous Post

Ruger yibasiye abagore bongera ibice by’imibiri

Next Post

Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki...

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

by Alex RUKUNDO
8 hours ago

Umuhanzi Ndayishimiye Musinga Joseph uzwi nka Musinga Joe, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Agakanzu ka Murerwa”, igaruka ku mateka yihariye...

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

by MUNYANKINDI Alphonse
9 hours ago

Mu gihe u Rwanda riri mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Bwiza...

Next Post
Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Spice Diana yangiriye inama inshuti ye yakadasohoka Chosen Becky

Spice Diana yangiriye inama inshuti ye yakadasohoka Chosen Becky

Uruganda rw’umuziki muri Tanzaniya ruri mu rungabangabo

Uruganda rw'umuziki muri Tanzaniya ruri mu rungabangabo

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse
Amateka

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse

by Alex RUKUNDO
April 9, 2026
Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa
Amateka

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

by Alex RUKUNDO
April 9, 2026
Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka
Amateka

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 9, 2026
Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32
Imyidagaduro

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 9, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.