• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Don Jazzy yatangaje impamvu ituma amashyirahamwe atunganya umuziki atsindwa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 12, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025 , umuyobozi w’inzu itunganyirizwamo umuziki (Mavin Records), Don Jazzy, yavuze ko kutubaha abahanzi ari yo mpamvu ikomeye cyane ituma abafite label nshya bagira ibibazo.

Don Jazzy, umwe mu bayobozi b’amashyirahamwe akomeye, atunganya umuziki muri Nigeria, yabitangaje mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X ( Twitter) kuri uyu wa Gatanu.

Umwe mukoresha  X, witwa Harewoh, yari yamusabye kubasobanurira ikosa rijya rikorwa n’amashyirahamwe mashya y’abahanzi muri Nigeria.

Don Jazzy, mu gusubiza igisubizo cya Harewoh yavuze ko abahanzi bakoranye amasezerano ( Contract ) na amalabel ko bagomba guhabwa icyubahiro kugira ngo label ibashe gutera imbere.

Yagize ati: “Nshobora kuba ntari mu kuri ijana ku ijana, ariko nabonye ko bamwe mu bayobozi ba ama label badaha agaciro abahanzi bafitanye amasezerano.”

“Niba ugamije kubaka umuhanzi uzavamo icyamamare gikomeye kandi ku ruhando mpuzamahanga, hera  ku munsi wa mbere umuha icyubahiro n’agaciro akwiye.”

“Kandi ikintu kimwe zineza ni uko benshi mu bayobozi bashya ba amalabel bafataho ikitegererezo, ariko bikaragira bakoze amakosa yo gukurikiza ibyo bumva ku izina ryanjye rya ‘Don’.”

Don yasoje agira ati: “Mu kigero kingana na 90% iyo ndi kumwe n’abahanzi banjye, mbaha umwanya wo kumva imbogamizi bahura nazo ndetse nkabafasha no kuzikemura ikindi nkashira imabaraga mu kubagira ibyamamare.
“Naho mu gihe kingana na 10% niho ngomba kugaragaza ko ndi umuyobozi.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ruger yibasiye abagore bongera ibice by’imibiri

Next Post

Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
29 minutes ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Next Post
Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Uburyo bworoheje bushobora kugufasha kubaho igihe kirekire

Spice Diana yangiriye inama inshuti ye yakadasohoka Chosen Becky

Spice Diana yangiriye inama inshuti ye yakadasohoka Chosen Becky

Uruganda rw’umuziki muri Tanzaniya ruri mu rungabangabo

Uruganda rw'umuziki muri Tanzaniya ruri mu rungabangabo

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.