• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Diplimante yavugutiye umuti ikibazo cy’abahanzi bahuraga nacyo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 30, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Diplomate afatanyije n’inshuti ye Spark G wari usanzwe anamutunganyiriza amashusho y’indirimbo, batangiye kuvugutira umuti ikibazo cy’abahanzi bakora umuziki ariko ntubinjirize.

Nk’umwe mu bakora umuziki, Diplomate yavuze ko na we akora umuziki ariko ntugire icyo umwinjiriza, byagiye bimugiraho ingaruka zinyuranye, birangira we n’inshuti ye bafashe icyemezo cyo gushinga urubuga abahanzi bajya bacururizaho ibihangano byabo.

Uru rubuga bise ‘Talastage’ Diplomate ahamya ko ruzafasha abahanzi kubasha kubyaza umusaruro ibihangano byabo bitandukanye n’uko byari bimeze.

Ati “Ni urubuga kugeza ubu turi gucishaho amashusho y’indirimbo, aho umuhanzi ayashyiraho abakunzi be bakareba igihangano cye mbere y’uko hari undi ukibona ariko kugira ngo babigereho bikabasaba kwishyura amafaranga agera ku muhanzi ku kigero cya 70% kuko 30% asigara mu buyobozi bw’uru rubuga kugira ngo rurusheho gukora neza.”

Ku ikubitiro Diplomate yahise anashyiraho indirimbo ye nshya yise ‘Inyange’ yakoranye na Logic Hit, iyi abari kuyireba mbere y’uko ijya ku mbuga zisanzwe zicurangirwaho imiziki basabwa kwishyura 100Frw.

Uretse ababasha kureba iyi ndirimbo kuri uru rubuga bishyuye aya mafaranga, hari n’aho abakunzi b’uyu muhanzi bashobora guhita bagatera inkunga ibikorwa bye bitewe n’uko bishobora kwinjiza.

Ku rundi ruhande uretse kuba ari urubuga yatangije, Diplomate yavuze ko bahaye ikaze n’abandi bahanzi ku buryo barwiyambaza mu gihe bafite igihangano gishya mu rwego rwo kugira ngo abifuza kukireba bakibone ariko hari ibyo babinjirije.

Diplomate yavuze ko uru rubuga rumaze kujya ku murongo ku buryo rushobora gutanga umusaruro bamaze imyaka itari mike barwubaka ndetse ntiyatinya no guhamya ko rumaze kubatwara n’arenga miliyoni 20Frw.

Kora hano ubashe kureba indirimbo nshya ya Diplomate

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umunyamideli Mr. Lus yatunguye umukunzi we amwimbikira impeta ku kibuga cy’indege

Next Post

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye – Diplomat

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye - Diplomat

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.