• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, April 8, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Diplimante yavugutiye umuti ikibazo cy’abahanzi bahuraga nacyo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 30, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Diplomate afatanyije n’inshuti ye Spark G wari usanzwe anamutunganyiriza amashusho y’indirimbo, batangiye kuvugutira umuti ikibazo cy’abahanzi bakora umuziki ariko ntubinjirize.

Nk’umwe mu bakora umuziki, Diplomate yavuze ko na we akora umuziki ariko ntugire icyo umwinjiriza, byagiye bimugiraho ingaruka zinyuranye, birangira we n’inshuti ye bafashe icyemezo cyo gushinga urubuga abahanzi bajya bacururizaho ibihangano byabo.

Uru rubuga bise ‘Talastage’ Diplomate ahamya ko ruzafasha abahanzi kubasha kubyaza umusaruro ibihangano byabo bitandukanye n’uko byari bimeze.

Ati “Ni urubuga kugeza ubu turi gucishaho amashusho y’indirimbo, aho umuhanzi ayashyiraho abakunzi be bakareba igihangano cye mbere y’uko hari undi ukibona ariko kugira ngo babigereho bikabasaba kwishyura amafaranga agera ku muhanzi ku kigero cya 70% kuko 30% asigara mu buyobozi bw’uru rubuga kugira ngo rurusheho gukora neza.”

Ku ikubitiro Diplomate yahise anashyiraho indirimbo ye nshya yise ‘Inyange’ yakoranye na Logic Hit, iyi abari kuyireba mbere y’uko ijya ku mbuga zisanzwe zicurangirwaho imiziki basabwa kwishyura 100Frw.

Uretse ababasha kureba iyi ndirimbo kuri uru rubuga bishyuye aya mafaranga, hari n’aho abakunzi b’uyu muhanzi bashobora guhita bagatera inkunga ibikorwa bye bitewe n’uko bishobora kwinjiza.

Ku rundi ruhande uretse kuba ari urubuga yatangije, Diplomate yavuze ko bahaye ikaze n’abandi bahanzi ku buryo barwiyambaza mu gihe bafite igihangano gishya mu rwego rwo kugira ngo abifuza kukireba bakibone ariko hari ibyo babinjirije.

Diplomate yavuze ko uru rubuga rumaze kujya ku murongo ku buryo rushobora gutanga umusaruro bamaze imyaka itari mike barwubaka ndetse ntiyatinya no guhamya ko rumaze kubatwara n’arenga miliyoni 20Frw.

Kora hano ubashe kureba indirimbo nshya ya Diplomate

Previous Post

Umunyamideli Mr. Lus yatunguye umukunzi we amwimbikira impeta ku kibuga cy’indege

Next Post

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye – Diplomat

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye - Diplomat

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.