• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Cinderella Sanyu yagiriye inama abahanzi bakizamuka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Cinderella Sanyu, umwe mu bahanzi bakomeye kandi bamaze igihe kirekire mu njyana ya dancehall muri Uganda, yihanangirije abahanzi bakizamuka cyane cyane abibutsa ko bagomba kwirinda agasuzugura bahanzi bamaze igihe kinini muri uwo mwuga.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Cindy yafashe uruganda rw’umuziki aru gererenya nk’ishyamba, aho iryo shyamba irigira amategeko yaryo bwite, ibityo iyo umuntu wese yifuza kuribamo kandi akarirambamo igihe kirerekire agomba kubahiriza ayo mategeko.

Cindy yagiriye inama aba bahanzi bakiri bato cyane cyane ko bitagomba gushyamirana (kugirana ikibazo) n’abahanzi bamaze igihe kinini muri uyu mwuga kuko byabarangirira nabi kandi byanaborohera no kubarandura.

Ati: “Uruganda rw’umuziki ni nk’ishyamba. Nyushobora kuryinjiramo ngo usuzugure ibyo urisanzemo, ‘oya’, ugomba kubanza ukitonda cyane ko iryo shyamba rba rigira amategeko yaryo, kandi iyo umuntu wese ayarenzeho abagomba guhangana n’intare umwami w’ishyamba.”

Ibi abitangaje mu gihe abahanzi bakizamuka bakunze kumvikana bataka kenshi ko abahanzi bakuze babangamira  mu gihe cyo gukora umuziki wabo ndetse no kuwumenyekanisha ibihangano byabo. Ibi si ubwa mbere ubyumvi ku ko no minsi ishije abahanzi bakizamuka bagiye bagirwa inama kanshi na n’abahanzi bakomeye muri ki gihugu cya Uganda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Rickman Manrick yashyize umucyo ku bihuha bimaze iminsi bivugwa

Next Post

Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Abimukira bo mu Bufaransa basohoye alubumu y’agahinda ivuga ku kababaro abimukira baturuka muri Afurika bahura nako

Abimukira bo mu Bufaransa basohoye alubumu y’agahinda ivuga ku kababaro abimukira baturuka muri Afurika bahura nako

Umuririmbyikazi Katy Perry mu rukundo n’uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Canada

Umuririmbyikazi Katy Perry mu rukundo n'uwahoze ari Minisitiri w'intebe wa Canada

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.