• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 9, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Cinderella Sanyu yagiriye inama abahanzi bakizamuka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Cinderella Sanyu, umwe mu bahanzi bakomeye kandi bamaze igihe kirekire mu njyana ya dancehall muri Uganda, yihanangirije abahanzi bakizamuka cyane cyane abibutsa ko bagomba kwirinda agasuzugura bahanzi bamaze igihe kinini muri uwo mwuga.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Cindy yafashe uruganda rw’umuziki aru gererenya nk’ishyamba, aho iryo shyamba irigira amategeko yaryo bwite, ibityo iyo umuntu wese yifuza kuribamo kandi akarirambamo igihe kirerekire agomba kubahiriza ayo mategeko.

Cindy yagiriye inama aba bahanzi bakiri bato cyane cyane ko bitagomba gushyamirana (kugirana ikibazo) n’abahanzi bamaze igihe kinini muri uyu mwuga kuko byabarangirira nabi kandi byanaborohera no kubarandura.

Ati: “Uruganda rw’umuziki ni nk’ishyamba. Nyushobora kuryinjiramo ngo usuzugure ibyo urisanzemo, ‘oya’, ugomba kubanza ukitonda cyane ko iryo shyamba rba rigira amategeko yaryo, kandi iyo umuntu wese ayarenzeho abagomba guhangana n’intare umwami w’ishyamba.”

Ibi abitangaje mu gihe abahanzi bakizamuka bakunze kumvikana bataka kenshi ko abahanzi bakuze babangamira  mu gihe cyo gukora umuziki wabo ndetse no kuwumenyekanisha ibihangano byabo. Ibi si ubwa mbere ubyumvi ku ko no minsi ishije abahanzi bakizamuka bagiye bagirwa inama kanshi na n’abahanzi bakomeye muri ki gihugu cya Uganda.

Previous Post

Rickman Manrick yashyize umucyo ku bihuha bimaze iminsi bivugwa

Next Post

Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzi Ndayishimiye Musinga Joseph uzwi nka Musinga Joe, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Agakanzu ka Murerwa”, igaruka ku mateka yihariye...

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Mu gihe u Rwanda riri mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Bwiza...

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Mu gihe u Rwanda n’Isi bakomeje Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abahanzi bakomeye mu Karere...

Next Post
Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Kingston to Kigali: Umuhanzi wo muri Jamaica FyaVerse yatangiye kwiyegereza isoko ry’u Rwanda

Abimukira bo mu Bufaransa basohoye alubumu y’agahinda ivuga ku kababaro abimukira baturuka muri Afurika bahura nako

Abimukira bo mu Bufaransa basohoye alubumu y’agahinda ivuga ku kababaro abimukira baturuka muri Afurika bahura nako

Umuririmbyikazi Katy Perry mu rukundo n’uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Canada

Umuririmbyikazi Katy Perry mu rukundo n'uwahoze ari Minisitiri w'intebe wa Canada

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa
Amateka

Kwibuka: Musinga Joe yakoze indirimbo ‘Agakanzu ka Murerwa

by Alex RUKUNDO
April 9, 2026
Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka
Amateka

Bwiza yabwiye urubyiruko ko Kwibuka atari igihe cyo kuruhuka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 9, 2026
Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32
Imyidagaduro

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 9, 2026
Yasanzwe ari konka umurambo wa nyina, nyuma aza kubabazwa n’uko atazi inkomoko ye
Amateka

Yasanzwe ari konka umurambo wa nyina, nyuma aza kubabazwa n’uko atazi inkomoko ye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 9, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.