Nyuma y'uko umuhanzikazi Jennifer Lopez atandukanye n'umugabo we Ben Affleck, ubu noneho biravugwa ko yaba yubuye urukuno rwe n'umuraperi Drake nyuma y'imyaka 7 batandukanye.
Ikipe ya Brussia Dortmund yo mu Budage yitegura gukina na Real Madrid mu mikino ya UEFA Champions League, yanze gukorera imyitozo ku kibuga cya Real Madrid kugira ngo Real itohereza intasi zijya gukopera amayeri ari mu myitozo.
Espoir FC iherutse kumanurwa mu kiciro cya gatatu yahaye akazi Niyibizi Suleiman watoje amakipe arimo Amagaju FC, aba umutoza mukuru wa Espoir.
Umushinga ugamije kunoza imiturire mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri Mpazi, uri gukorerwa ku buso bwa hegitari 137, byitezwe ko uzasiga abaturage 34,817 bo mu Mirenge ya Gitega, Muhima, Kimisagara na Rwezamenyo batujwe neza kandi heza.
Ikipe ya FC Barcelona ibifashijwemo na Raphinha yatsinze FC Bayern Munich nyuma y'imyaka 9 naho Manchester City inyagira Sparta Prague mu mikino yo ku munsi wa 3 wa UEFA Champions League.