Nyuma y'uko umuhanzikazi Jennifer Lopez atandukanye n'umugabo we Ben Affleck, ubu noneho biravugwa ko yaba yubuye urukuno rwe n'umuraperi Drake nyuma y'imyaka 7 batandukanye.
Ikipe ya Brussia Dortmund yo mu Budage yitegura gukina na Real Madrid mu mikino ya UEFA Champions League, yanze gukorera imyitozo ku kibuga cya Real Madrid kugira ngo Real itohereza intasi zijya gukopera amayeri ari mu myitozo.
Espoir FC iherutse kumanurwa mu kiciro cya gatatu yahaye akazi Niyibizi Suleiman watoje amakipe arimo Amagaju FC, aba umutoza mukuru wa Espoir.
Umushinga ugamije kunoza imiturire mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri Mpazi, uri gukorerwa ku buso bwa hegitari 137, byitezwe ko uzasiga abaturage 34,817 bo mu Mirenge ya Gitega, Muhima, Kimisagara na Rwezamenyo batujwe neza kandi heza.
Ikipe ya FC Barcelona ibifashijwemo na Raphinha yatsinze FC Bayern Munich nyuma y'imyaka 9 naho Manchester City inyagira Sparta Prague mu mikino yo ku munsi wa 3 wa UEFA Champions League.
Umuhanzi Shema Kananura Kevin wamenyekanye nka Kevin Skaa yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze Album ye ya mbere yise “Identity” yahurijeho abahanzi barimo umuraperi Bushali. Ayisobanura nka Album izumvikanisha uwo ariwe mu muziki, ndetse n'umwimerere watumye...
Umukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Brazil na Al Hilal, Neymar wari witezweho kuzakora ibihambaye mu mupira w'amaguru yakunze guhura n'ibibazo by'imvune dore ko zatumye amara hanze y'ikibuga iminsi 914.
Umuhanzi akaba n'umwanditsi w'indirimbo Ruhumuriza James wamamaye nka King James, yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ye nshya yise "Ride or Die" iri mu zigize Album ye ya nyuma ateganya gushyira hanze mu gihe kiri imbere.
Akenshi abantu bakundana batari mu gihugu kimwe cyangwa bari ahantu hatandukanye kandi urugendo rurimo ari rurerure bakunze kugorwa no gukundana uruzira intonganya, ndetse bamwe bikanabagora gutegereza igihe bazongera guhura ngo bahuze urugwiro.
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade ari kwitegura kujya gukorera igitaramo mu gihugu cya Uganda ku nshuro ye ya mbere, ni mu gihe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, atangira gukora ku...