Mu gihe habura igihe gito hakaba amatora ya Perezida wa USA, Kamala Harris wiyamamaza kuri uyu mwanya yamaze gusaba abagabo kumushyigikira, byumwihariko abirabura abaha isezerano rikomeye.
Inteko Rusange ya Sena yahisemo Abasenateri babiri bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP), itora Senateri Bideri John Bonds na Senateri Uwera Pelagie.
U Burundi buyoboye urutonde rw'ibihugu 10 byo muri Africa bifite ubukene ndetse n'abaturage babyo binjiza amafaranga macye, mu gihe Somalia, Mozambique, DR Congo na Niger byabonetse kuri uru rutonde.
Akabari kitwa 'Handshake Speakeasy' ko mu gihugu cya Mexico ni ko kabaye aka mbere ku rutonde rw'utubari duhagaze neza ku Isi mu kwakira neza abakiriya no kugira ibinyobwa by'umwihariko.
Ikipe ya Manchester City yakuyeho agahigo kari gafitwe na Manchester United ko kuba ikipe yamaze imikino myinshi idatsindwa muri UEFA Champions League nyuma yo kunyagira Sparta Prague.
Ikipe ya AS Kigali yatsinze Vision ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y'u Rwanda, ihita ica kuri Police ifata umwanya wa mbere.
Mugisha Robinson wamamaye nka Producer Element yatangaje ko ku myaka 24 y'amavuko amaze kurambika ikiganza ku ndirimbo ya Davido, Wizkid, Rayvanny, Harmonize na Ali Kiba kubera kugirirwa neza n'Imana no guharanira gukora umuziki mwiza utuma buri wese yifuza...
Umutaliyani Francesco Totti yatangaje ko ashaka kugaruka mu kibuga nyuma y’uko yari amaze imyaka irindwi asezeye ku mupira w’amaguru, ubu akaba afite imyaka 48 y'amavuko.
KUGIRANGO HARANGIZWE ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU Ref. N° : 024-192843 CYO KU WA 04/10/2024; CYO KUGURISHA INGWATE MU CYAMUNARA KUGIRA NGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI;
Nyuma y’ibiterane yakoreye mu bihugu birimo Canada, Rev.Prophet Ernest Nyirindekwe agiye gukorera ibitaramo ku mugabane w’u Burayi mu rugendo rugamije ivugabutumwa ryagutse, no kurushaho gufasha Abakristu gusabana n’Imana.