Umukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Brazil na Al Hilal, Neymar wari witezweho kuzakora ibihambaye mu mupira w'amaguru yakunze guhura n'ibibazo by'imvune dore ko zatumye amara hanze y'ikibuga iminsi 914.
Umuhanzi akaba n'umwanditsi w'indirimbo Ruhumuriza James wamamaye nka King James, yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ye nshya yise "Ride or Die" iri mu zigize Album ye ya nyuma ateganya gushyira hanze mu gihe kiri imbere.
Akenshi abantu bakundana batari mu gihugu kimwe cyangwa bari ahantu hatandukanye kandi urugendo rurimo ari rurerure bakunze kugorwa no gukundana uruzira intonganya, ndetse bamwe bikanabagora gutegereza igihe bazongera guhura ngo bahuze urugwiro.
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade ari kwitegura kujya gukorera igitaramo mu gihugu cya Uganda ku nshuro ye ya mbere, ni mu gihe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, atangira gukora ku...
Umwongereza Gary Neville wakiniye Manchester United igihe kirekire, ubu yamaze guhabwa inshingano zo kuba Ambasaderi wa Manchester United nyuma y’uko izo nshingano zambuwe Sir Alex Ferguson wari uzimazeho imyaka 10.
Ikibazo cy'umubyigano w'imodoka mu Mujyi wa Kigali gikunze kugaragara mu mihanda iva muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo yerekeza mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali no mu ntara n'ahandi hantu hatandukanye hahurira imodoka ziva cyangwa zigana mu byerekezo bitandukanye.
Muri Uganda, abantu 16 bo mu ishyaka National Unity Platform (NUP) ry'umuhanzi Bobi Wine, uza imbere mu yitavuga rumwe n’ubugetesi bashinjwe n’icyaha cyo guhemuka no gutunga ibirwanisho batabifiye uburenganzira.
Kuva tariki 31 Kanama kugeza tariki 19 Ukwakira 2024, abakunzi b’umuziki hirya no hino mu Gihugu bari mu buryohe bw’ibi bitaramo bitegurwa na Sosiyete ya East African Promoters n’abafatanyabikorwa bayo barimo MTN Rwanda na Primus kuri iyi nshuro...
Kugirira impungenge Trump na Kamala Harris, kuba mu gihirahiro biri mu mpamvu ziza imbere zitumye Abanyamerika barenga miliyoni 7 bataramenya uwo bazatora mu matora abura ibyumweru bibiri gusa ngo abe.
Umuraperi Kenny Rulisa uzwi nka Kenny K-Shot yatangaje ko yifashishije abahanzi 7 kuri Album ye nshya yise “Intare 2” mu rwego rwo gushimangira uburyo atigeze acika intege mu rugendo rwe rw’umuziki nk’umuhanzi wigenga.