Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe.Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Gukorera mu...
Umuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5% gusa aribo barya inyama mu gihe abandi 95% batabona inyama mu gihe gikwiye. Ibyo yabitangaje kuri uyu wa...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nzeri 2025 – Mu nama ya 6 ya Federasiyo y’Abahinzi b’Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Farmers Federation – EAFF) yabereye i Kigali, abayobozi, abahinzi n’abafatanyabikorwa bahurije ku gitekerezo kimwe: ubuzima n’umutekano w’ibiribwa...
Mu buzima bwa buri munsi, amafaranga agira uruhare runini mu buryo tubaho, uburyo dutekereza, ndetse n’intego twiyemeza. Gusa hari abantu bamwe babaho baburabuzwa n’amadeni n’imyenda, mu gihe abandi bashobora gukora bike ariko bakagira ituze riturutse ku kuba bafite...
Ese wigeze wumva umuntu avuga ati: “Amafaranga ni ibanga, ntayavugirwamo!”?Ariko se koko amafaranga ni ibanga cyangwa ni ururimi tugomba kumenya kuvuga neza kugira ngo tubeho neza? Mu buzima bwa buri munsi, dukoresha amafaranga kugira ngo tugure ibyo dukeneye,...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...
U Rwanda, igihugu cyiza kiri mu mutima wa Afurika y’Uburasirazuba, kizwi ku misozi miremire, ibiyaga byiza, amashyamba, n’ahantu nyaburanga hatandukanye. Abagisura bahasanga ubwiza karemano budasanzwe butuma buri wese yishimira kuhasura. Mu by’ingenzi mu bunyaburanga, u Rwanda rufite imisozi...
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Nyakanga 2025, hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ryitabiriwe n’abatari bake barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga baturutse mu bihugu 19 bitandukanye. Ni ku nshuro ya 28 iri murikagurisha ribereye i Gikondo mu Mujyi wa...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...
I Kigali, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame afatanyije n’umunyemari Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali. Iyo nyubako y’icyitegererezo yuzuye itwaye asaga miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, . Ibirori byo gufungura iyi nyubako...