Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Nyakanga 2025, hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ryitabiriwe n’abatari bake barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga baturutse mu bihugu 19 bitandukanye. Ni ku nshuro ya 28 iri murikagurisha ribereye i Gikondo mu Mujyi wa...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...
I Kigali, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame afatanyije n’umunyemari Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali. Iyo nyubako y’icyitegererezo yuzuye itwaye asaga miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, . Ibirori byo gufungura iyi nyubako...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko we n’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaze kugera ku masezerano agamije gukemura ibibazo by’ubucuruzi byari bimaze amezi ane byugarije impande zombi, ndetse bikaba byari hafi guteza intambara y’ubucuruzi...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki (9) ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga i Kigali, abacuruzi, abashoramari, ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse impande zitandukanye z'ibihugu barimo gutegura uko bazaryitabira. Iri murikagurisha rizabera ahasanzwe hakorerwa ibikorwa nk’ibi i Gikondo, ryateguwe...
Uruganda rukorera mu Bwongereza rukora imodoka za Jaguar na Land Rover, ruzwi nka Jaguar Land Rover (JLR), rwatangaje gahunda yo kugabanya abakozi barenga 500 bo mu myanya y’ubuyobozi, nyuma y’ingaruka z’imisoro yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika....
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yemeye gutanga miliyoni 173,84 z’Amayero (ni ukuvuga arenga miliyari 289,4 Frw) azashyirwa mu mushinga wo guteza imbere urwego rw’ingufu mu Rwanda, hagamijwe kwegereza abaturage amashanyarazi, kwimakaza ikoreshwa ry’ingufu zitangiza, no gufasha ibigo bitanga...
Mu Rwanda, hari amahirwe menshi yo kwihangira imirimo binyuze mu mishinga iciriritse, cyane cyane mu bworozi bw’amatungo magufi nk’inkoko. Inkoko ni itungo ryororoka vuba, rikenera igishoro gito, kandi rikabyara inyungu mu gihe gito. Muri iyi nkuru, turakwereka uko...
Ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko yo mu Rwanda byazamutse ku kigero cya 7,4% mu kwezi kwa Mutarama 2025, bivuye kuri 6, 8% byari byazamutseho mu Ukuboza 2024. Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyabitangaje hashingiwe ku bushakashatsi ngarukakwezi ku ihindagurika ry’ibiciro...
Ni imodoka yamurikiwe i Kigali tariki ya 30 Mutarama 2025, ikozwe mu buryo bubereye amaso ndetse ikaba ifite ikoranabuhanga rigezweho rifasha abayigendamo kunyurwa n’ingendo bakora. Maneger Alphonse ukuriye ishami rishinzwe gucuruza ibinyabiziga muri Toyota Rwanda yabwiye itangazamakuru ati:...