Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko bwataye muri yombi umusirikare witwa Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko, akaba akurikiranyweho kurasira abantu batanu mu Kabari.RDF yatangaje ko yababajwe n’umusirikare warashe abaturage mu kabari mu Karere ka Nyamasheke mu...
Polisi y’u Rwanda yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi 154 barimo ba Komiseri barindwi, Abofisiye bakuru 15, ba Ofisiye bato 22, abapolisi bato 96. Mu itangazo Polisi yanyujije ku rubuga rwa X ku mugoroba wo kuri iki cyumweru yavuze...
Ikigo Sinc-Today Ltd cyashinzwe hagamijwe guhindura urwego rw’imitegurire y’inama n’ibirori hifashishijwe urubuga rwayo ruhuriza hamwe serivisi zikenerwa muri uru rwego kuva ku matike ukagera ku gutegura inama n’ibindi, ni cyo cyatsindiye irushanwa rya Hanga Pitchfest 2024, cyegukana miliyoni...
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 7 Ugushyingo 2024, Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ndetse n’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (RMC), hahembwe abanyamakuru 31 bo mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru bakoze zari zigabanyije...
Umunyamakuru Eugene Anangwe wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo RBA, CNBC na East Africa Media Group, yahawe ubwenegihugu kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2024, agaragaza ko yishimiye kuba Umunyarwanda. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Anangwe yagaragaje ko atewe...
Ni ikiraro cyatashywe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2024, aho cyatashywe n’umuyobozi w’aka Karere Gasana Stephen n’izindi nzego z’umutekano. Iki kiraro gihuza utugari twa Nyakagarama na Ngoma two mu mirenge ya Tabagwe na Rukomo, cyuzuye...
Kuba u Rwanda ari igihugu kimaze kumenyekana mu bukerarugendo ntibikiri impaka, kuko imbaraga zashyizwemo ngo rube ku isonga ry’abashaka kuruhuka no kwirebera ibyiza bitatse Isi, ntizigereranywa. Kumenyekanisha ubukerarugendo bw’u Rwanda byajyanye no kubaka ibikorwaremezo bihagije, no kuhakururira abandi...
Aya mahugurwa yabereye mu Mujyi wa Kigali, ahahuriraga abacuruzi b’abagore bafite inyota yo kumenya uburyo ikoranabuhanga ryazafasha ibikorwa byabo kugera ku isoko ryagutse. Abafatanyabikorwa barimo RICTA, ikigo gishinzwe imiyoborere y’izina bwite (Domain name) ry’igihugu .rw, GIZ ifasha ibikorwa...
Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ukwakira 2024, ubwo mu Karere ka Nyagatare hatangizwaga umwiherero w’iminsi ibiri ubaye ku nshuro ya cumi w’abayobozi bakuru b’inzego zose zibumbiye mu rwego rw’ubutabera.
Postpartum Depression ni indwara yibasira ababyeyi nyuma yo kubyara aho itera umubyeyi kwiyanga, kwiheba agahinda gakabije n’amarira ndetse akumva n’umwana yabyaye atamushaka akaba yamwima n’ibere.