Umuziki wa Gospel nyarwanda ukomeje kwambuka imipaka, aho umuhanzi Josh Ishimwe ari kwandika indi paji nshya mu rugendo rwe, ategura igitaramo cye cya mbere muri Poland. Uyu muririmbyi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yageze i...
Muri uyu mwaka, igisibo gitagatifu cya Islam kizwi nka Ramadhani n’igisibo cy’Abakristu kizwi nka Ikarema byahuriye igihe kimwe, bituma abayoboke b’amadini yombi binjira mu bihe by’umwihariko byo kwegera Imana no kwisuzuma. Nubwo inkomoko n’imigenzo yabyo bitandukanye, bihurira ku...
Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, yatanze ubutumwa budasanzwe bujyanye n'abapasiteri bakomeye muri Uganda basigaye bashaka uburinzi bwa polisi y'igihugu. Yababwiye ko bagomba kwiringira Imana bakorera, aho gukomeza gutwara amafaranga y'umutekano. Otafiire yavuze ibi mu...
Ukwezi kw’igisibo cya Ramadhani mu mwaka wa 2026 kuzatangira tariki ya 17 Gashyantare ku bihugu bimwe, naho ahandi tariki ya 18 Gashyantare. Igisibo, kimwe mu nkingi eshanu z’idini ya Islamu, gisaba abayisilamu kwiyiriza ubusa kuva izuba rirasohoka kugeza...
Inkuru ya Paul Mackenzie, umuvugabutumwa washinze idini rya Good News International Church muri Kenya, ikomeje kuba igikomere gikomeye ku iyobokamana muri Afurika. Mu gihe akurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’abantu basaga 400 babonetse mu ishyamba rya Shakahola, hiyongereyeho n’abandi...
Umuhanzi Levixone, uzwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, ni urugero rw’uko impano ishobora gukura ahatatekerezwa. Yanyuze mu buzima bugoye bwo ku muhanda, yibonera urupfu n’amaso ye, ariko...
Umuyobozi wo kuramya w’icyubahiro, Dr Ron Kenoly, yitabye Imana ku wa Kabiri, tariki ya 3 Gashyantare 2026, nk’uko byemejwe n’umuyobozi we mu muziki, Bruno Miranda, mu butumwa yashyize ku rukuta rwa Instagram kuri konti ya Kenoly yemewe. Mu...
Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye i Burayi mu mwuka w’amasengesho, indirimbo n’ugusangira kwizera. Ku wa Gatandatu tariki...
Ubwo ivugabutumwa rikomeje gushaka inzira nshya zo kugera ku bantu benshi, itsinda ry’abaririmbyi Gisubizo Ministry ryahisemo kwagura imbago z’umuziki wa Gospel binyuze mu bufatanye n’umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no hanze yarwo, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben....
Umusigiti wa Remera–Giporoso uherereye hafi ya Hill Top Hotel mu Mujyi wa Kigali ugiye kwimurwa, mu rwego rwo gutegura imirimo yo kwagura umuhanda wa Prince House–Masaka, iteganyijwe gutangira muri Gashyantare uyu mwaka. Aya makuru yemejwe n’Umuryango w’Abayisilamu mu...