Mu mpera z'icyumweru gishize, abantu icyenda bakubiswe n'inkuba barapfa mu karere ka Ngoma mu burasirazuba bw'u Rwanda. Jean De Dieu Ndaruhutse, ukuriye Umurenge wa Jarama aho ibi byabereye, yabwiye itangazamakuru ko abo bantu bakubiswe n'inkuba bari bavuye guhinga...
Nyuma y’igihe cyari cyararanzwe n’ibigeragezo bikomeye, umuhanzi Bill Ruzima ari mu bantu bari kuvugwaho urugendo rwo kwiyubaka no guhindura ubuzima bwe, aho yavuye mu ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge agahitamo inzira yo kwiyitaho, kwiyubaka no kwegera Imana. Ruzima, wamenyekanye cyane mu...
Amagana n’amagana y’abafana bari Israel Mbonyi bari baramaze kugura amatike yo kwitabira igitaramo cye cyari kuzabera I Rubavu ku bunani bari kwibaza aho bazaregera ngo basubizwe ayabo nyuma y’uko batangarijwe ko icyo gitaramo kitakibaye. Bamwe mu baganiriye na...
Igishushanyo cy'umuhanga Richards Neuves cyigaragaza Yesu/Yezu muri iyi shusho Ku Bakristu amamiliyoni hirya no hino ku isi, itariki ya 25 Ukuboza ni umunsi wera wo kwizihiza ivuka rya Yesu/Yezu Kristu. Nubwo izina rye, inyigisho ze n’ingaruka yagize ku...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yahembuye imitima yabarenga ibihumbi 10 mu gitaramo ‘Icyambu 4’, abakitabiriye bataha birahira ko ari Noheli itazibagirana. Ni igitaramo cyabaye ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki 25 Ukuboza 2025,...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyicyambu uzwi cyane nka Israel Mbonyi, yongeye kwandika amateka nyuma yo kuzuza BK Arena ku nshuro ya kane, mu gitaramo yise “Icyambu 4”, cyitabiriwe n’abantu bagera ku bihumbi 10 mu...
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko atajya ahangayikishwa n’ibyo kwambara igihe agiye gukora igitaramo (concert) ndetse n'indi minsi, ku buryo hari n’igihe atamenya icyo azambara. Avuga ko akunda guseka cyane, akaba...
Umuvugabutumwa wo muri Ghana witwa Ebo Noah yatawe muri yombi, ashinjwa gutangaza amakuru y’ibihuha yavugaga ko Isi izarangira tariki ya 25 Ukuboza 2025, aho Yesu azaba agarutse ku Isi gutwara Itorero rye. Mu minsi yashize, hacicikanye amafoto n’amashusho...
Ev Justin Hakizimana wabaye umunyamakuru igihe kirekire kuri Radio Umucyo ndetse na Life Radio y’itorero ADEPR yamaze kwemezwa ku mugaragaro kuzasengerwa akagirwa Pasteur mu itorero ADEPR. Nk’uko bigaragara mu rwandiko rw’ubutumire, Umuhango wo kumusengera mu nshingano za gishumba...
Women Foundation Ministries na Noble Family Church bagiye gukora ku nshuro ya 19 igikorwa ngarukamwaka cyo gushima Imana cyamamaye nka "Thanksgiving in Action" . Kuwa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, kuva saa tano za mu gitondo (11:00...