Pasiteri Jullienne Kabanda wahoze ayobora Umuryango w’iyobokamana Grace Room Ministries uherutse gufungwa, yatangaje ko hari abantu bakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kwitonda no kudahumishwa n’amakuru atari ukuri.
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Uruhare rw’Urugendo rwa Hajj mu kubaka ukwemera n’ubumwe bw’Abayisilamu