Mu bihe bya vuba, ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara inkuru zivuga ko kujya muri sauna no kwoga mu mazi akonje ari “umuti w’igitangaza”: bivugwa ko byongera ubudahangarwa bw’umubiri, bigashonga ibinure, bigagabanya ububabare bwo mu ngingo ndetse bikanafasha mu...
Kugabanya igihombo cy’ibiribwa bipfa cyangwa byangirika nyuma yo gusarurwa bikomeje kuba imwe mu mbogamizi zikomeye ku rugendo rw’u Rwanda rugamije kugera ku mutekano w’ibiribwa, kongera agaciro k’umusaruro no kuzamura imibereho y’abahinzi. Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko ibibazo bikigaragara mu...
Kuboneza urubyaro ni imwe mu ngamba z’ubuzima zigamije gufasha imiryango gutegura ejo hazaza habo neza, kurinda ubuzima bw’ababyeyi n’abana, no guteza imbere imibereho myiza. Mu Rwanda, Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko ubwitabire bw’uburyo bwo kuboneza urubyaro buri ku kigero...
Kuri uyu wa Gatanu, Iran yatangaje ko ititeguye kuganira ku hazaza h’inkunga yayo ya nikleyeri mu gihe ikiri mu ntambara n’igihugu cya Israel, mu gihe Umuryango w’Uburayi usaba Tehran kwemera ibiganiro. Mu gihe, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Iyi nkuru yanditswe hagendewe ku nkuru mpamo y’ibintu byabayeho. Nubwo muri iki gihe urukundo rwakonje mu bantu, muri iyi nkuru uzasangamo icyo urukundo nyarukundo ari cyo, uko wamenya kwihanganira ibigeragezo bikunda kuba mu rukundo ndetse no kumenya guhitamo...
Usanzwe wumva bavuga ngo ibintu ni magirirane, yewe no mungo ubu bisigaye bikunze gukoreshwa ngo umugabo n’umugore ni magirirane. Ese waba uzi aho iyi nsigamigani yakomotse? Uyu mugani baca kenshi, bawuca iyo babonye ineza yiturwa indi, ni bwo...
Mwiza w’imyaka 40 ukora umwuga w’ibaruramari atuye i Kigali. Yibuka neza ko mu gihe cye cyo kubyara, umugabo we byasaga n’ibintu bitamuraje ishinga ku buryo nta ho amwibuka mu gihe yabyaraga, mu gihe nk’umuntu wari akibyara byari ibintu...
Imvugo nyinshi zigenda zikoreshwa ahantu hatandukanye, kenshi na kenshi hakibazwa inkomoko yazo. Iyo bavuze bati kanaka “aravugisha inani na rimwe” si benshi bahita bumva inkomoko yabyo nubwo atari imvugo ya kera cyane. Iyo babonye umuntu wigize ibuye afite...
Amateka avuga uyu mugore mu buryo burambuye ni make. Padiri Alexis Kagame mu gitabo yise “Un Abregé de l’Ethno-Histoire du Rwanda” niwe wenyine wamwanditseho mu buryo bwafashije abandi banyamateka kumuvuga. Padiri Bernardin Muzungu nawe mu gitabo yise “l’Historiographie...
Kuri uyu wa Kane tariki 7 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Musanze, hatangijwe ku mugaragaro imirimo yo kubaka uruganda A1 Iron & Steel, rutunganya ibyuma rwa miliyoni 20$ ruzaba rufite ubushobozi bwo gutunganya ibyuma bya toni zirenga 250.000...