Nyuma y’imyigaragambyo y’abafana ba APR FC ku biro bya FERWAFA nyuma y’umukino wabo na Al-Merrikh SC, Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR FC, yasabye abafana kugumya kubaha ikinyabupfura no kureba...
Brahim Diaz ashobora kuzahora yibuka ijoro ryo ku Cyumweru mu irushanwa rya CAN 2025, nyuma yo guhusha penalty yari gutuma Maroc yegukana igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka irenga 50. Uyu mukinnyi wa Real Madrid...
Rayon Sports FC ikomeje kunyura mu bihe bitoroshye, by’umwihariko nyuma yo gutsindwa bikomeye na Al Hilal SC ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Mutarama 2026. Uyu mukino wongeye kugaragaza ibibazo...
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Phanuel Kavita, ari mu bihe byiza by’urukundo n’umuryango we, nyuma yo gutangaza ko we na Kristin Saunders basanzwe babana bafitanye abana batatu, bari hafi gushyira umubano wabo ku rwego rwo hejuru binyuze mu...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafashe icyemezo gikomeye cyo guhana Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, nyuma y’imyitwarire yafashwe nk’idahwitse yagaragaye mu mikino y’Igikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc. Ibi bihano byatangajwe mu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika Adel Amrouche ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, icyemezo cyateje impaka n’ibitekerezo bitandukanye mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu ijoro...
Dr Mugemana Charles niwe mu bakozi ba Rayon Sport bari bayirambyemo cyane agiye aba Rayon bakimukeneye Umuryango wa Rayon Sports n’uw’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Dr. Mugemana Charles, wahoze ari umuganga...
FC Barcelona yongeye kwerekana ubukana ifite imbere ya mukeba wayo Real Madrid, iyitsinda ibitego 3-2 mu mukino wa nyuma wa Super Cup ya Espagne wabereye i Jeddah muri Arabie Saoudite, mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 11...
Stade Amahoro irakira umukino ufite ibisobanuro birenze igikombe kuri uyu wa Gatandatu Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, ubwo APR FC na Rayon Sports bahurira mu mukino wa FERWAFA Super Cup. Si uguhatanira igikombe gusa, ni ikizamini gikomeye ku...
Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika riri kubera muri Maroc rikomeje gufata indi ntera, aho amakipe akomeye yatangiye kugaragaza ko yaje aharanira igikombe. Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Maroc na Senegal zabaye amakipe abiri ya mbere akatisha...