Umusore w’imyaka 22, Tyler Buchanan, Umwe mu Bahanga mu Kwiba Amakuru y’Ikoranabuhanga (Scattered Spider) yatawe muri yombi.
Intego nyamukuru y’iri tegeko ni ukurinda abana ibyago bishobora kubageraho mu gihe bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Kugurisha Chrome na Android ni igice cy’ingamba nini zo guca intege Google, harimo no guhagarika amasezerano ya miliyari nyinshi y’amadolari isinyana na Apple n’abandi bakora ibikoresho by’ikoranabuhanga kugira ngo urubuga rwa Google rube urwo kwihitirwamo.
U Rwanda rwashyizeho gahunda nyinshi zigamije kwimakaza ikoranabuhanga mu burezi, zifasha abanyeshuri kumenya no gukoresha ikoranabuhanga kuva bakiri bato kugeza bageze mu rwego rw’umwuga.
Ibikoresho by’ikoranabuhanga byimukanwa ni ibikoresho bishobora guhuzwa n’ibindi nka mudasobwa cyangwa imiyoboro ya murandasi kugirango bibikweho amakuru. Bimwe muri ibyo bikoresho ni nka: Furashi disiki Hadi disiki (External hard disks) CD DVD Telefoni zigendanwa na tabuleti Ibikoresho by’ikoranabuhanga...
Ikigo Sinc-Today Ltd cyashinzwe hagamijwe guhindura urwego rw’imitegurire y’inama n’ibirori hifashishijwe urubuga rwayo ruhuriza hamwe serivisi zikenerwa muri uru rwego kuva ku matike ukagera ku gutegura inama n’ibindi, ni cyo cyatsindiye irushanwa rya Hanga Pitchfest 2024, cyegukana miliyoni...
Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...
Umuyobozi Ushinzwe ibya Tekinike muri MTN Rwanda, Gakwerere Eugene, yahamije ko iyi sosiyete iri mu murongo wo kwitegura kwakira internet ya 5G mu Rwanda. Ni ingingo yakomojeho ku wa 04 Ugushyingo 2024, ubwo ubuyobozi bwa MTN Rwanda ku...
Aya mahugurwa yabereye mu Mujyi wa Kigali, ahahuriraga abacuruzi b’abagore bafite inyota yo kumenya uburyo ikoranabuhanga ryazafasha ibikorwa byabo kugera ku isoko ryagutse. Abafatanyabikorwa barimo RICTA, ikigo gishinzwe imiyoborere y’izina bwite (Domain name) ry’igihugu .rw, GIZ ifasha ibikorwa...
Ni gahunda Irembo yiyemeje binyuze mu imenyerezamwuga iri guha abanyeshuri bo muri iri shuri, ryabonye izuba muri Gashyantare 2019, hagamijwe kubakira Abanyarwanda ubushobozi mu bijyanye n’iri koranabuhanga.