Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...
Umuyobozi Ushinzwe ibya Tekinike muri MTN Rwanda, Gakwerere Eugene, yahamije ko iyi sosiyete iri mu murongo wo kwitegura kwakira internet ya 5G mu Rwanda. Ni ingingo yakomojeho ku wa 04 Ugushyingo 2024, ubwo ubuyobozi bwa MTN Rwanda ku...
Aya mahugurwa yabereye mu Mujyi wa Kigali, ahahuriraga abacuruzi b’abagore bafite inyota yo kumenya uburyo ikoranabuhanga ryazafasha ibikorwa byabo kugera ku isoko ryagutse. Abafatanyabikorwa barimo RICTA, ikigo gishinzwe imiyoborere y’izina bwite (Domain name) ry’igihugu .rw, GIZ ifasha ibikorwa...
Ni gahunda Irembo yiyemeje binyuze mu imenyerezamwuga iri guha abanyeshuri bo muri iri shuri, ryabonye izuba muri Gashyantare 2019, hagamijwe kubakira Abanyarwanda ubushobozi mu bijyanye n’iri koranabuhanga.
Abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, TVET na IPRC, bashyiriweho uburyo bushya bwo kwiga bifashishije ikoranabuhanga, aho bazajya babona amasomo anyuranye kuri internet harimo n’ateguye mu buryo bw’amajwi (Audio). Ubu buryo bwo kwiga bwashyizweho binyuze mu mushinga wiswe...
Hashize iminsi ibiri umuhanzi Jules Sentore aterwa amacumu ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutumwa yatanze kuri Twitter bugahuzwa n’indirimbo nshya ya Meddy, My Vow. Byatangiye uvumirwa ku gahera ari Teta Diana wanditse ko views za Youtube zigurwa mu gihe...
Cryptocurrency ni ifaranga ry’ikoranabuhanga rikoreshwa mu kugura ibintu cyangwa serivisi kuri internet ariko rikaba ritahindurwa mu mafaranga afatika. Banki Nkuru ya Ghana yatangaje ko igiye gutangiza igerageza ku ikoreshwa ry’ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka ‘Cryptocurrency’. Biteganyijwe Ghana izatangira iri...