Kera mu mashuri, umwana wagiraga amanota 100% mu bizamini ni we witwaga umuhanga. Bagenzi be baramutinyaga, abarimu n’ababyeyi bakamushima ko arusha abandi ubwenge. Mu Rwanda, iyi myumvire yamaze igihe kinini, amanota afatwa nk’igipimo cy’ubwenge. Ariko abahanga mu burezi...
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afashwe arimo agerageza kwihisha. Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu Mudugudu wa Rugamba mu...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i Roma bamwe mu bapadiri bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire ituma bakurikirwa cyane. Abo bapadiri bamenyekanye cyane ku...
Ku wa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Republika yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, agirwa Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari kuri uwo mwanya kuva mu 2017. Dr. Nsengiyumva wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu,...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya virusi itera SIDA mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Ikuzo Basile, yatangaje ko nibigenda neza, mu mwaka wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo, utangwa inshuro ebyiri mu mwaka kandi...
Uruganda rukorera mu Bwongereza rukora imodoka za Jaguar na Land Rover, ruzwi nka Jaguar Land Rover (JLR), rwatangaje gahunda yo kugabanya abakozi barenga 500 bo mu myanya y’ubuyobozi, nyuma y’ingaruka z’imisoro yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika....
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yemeye gutanga miliyoni 173,84 z’Amayero (ni ukuvuga arenga miliyari 289,4 Frw) azashyirwa mu mushinga wo guteza imbere urwego rw’ingufu mu Rwanda, hagamijwe kwegereza abaturage amashanyarazi, kwimakaza ikoreshwa ry’ingufu zitangiza, no gufasha ibigo bitanga...
Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Nyakanga 2025, ku Rwunge rw’Amashuri rwa SYIKI TSS ruherereye mu Karere ka Rutsiro, habaye ikibazo cyagaragaye nk’icyahungabanya umutekano w’ibizamini, ubwo abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye (S6) bari mu...