Polisi y’u Rwanda yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi 154 barimo ba Komiseri barindwi, Abofisiye bakuru 15, ba Ofisiye bato 22, abapolisi bato 96. Mu itangazo Polisi yanyujije ku rubuga rwa X ku mugoroba wo kuri iki cyumweru yavuze...
Umunyamakuru Eugene Anangwe wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo RBA, CNBC na East Africa Media Group, yahawe ubwenegihugu kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2024, agaragaza ko yishimiye kuba Umunyarwanda. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Anangwe yagaragaje ko atewe...
RTDA AnnouncementDownload
Uko iminsi ivaho umwe ni ko umuntu agenda asatira izabukuru kugeza ubwo atakaza ubushobozi bwo gukora. Icyo gihe biba bisaba ko agobokwa n’icyo yiteganyirije agisimbuka bikemera nk’uko bivugwa ko ‘akabando k’iminsi gacibwa kare kakabikwa kure’. Uburyo bwo guteganyiriza...
Uwayezu na Isaro bakoranye muri FERWAFA kugeza muri Nzeri uyu mwaka, aho uyu mukobwa asanzwe ari Umunyamabanga wihariye wa Perezida w’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru. Mu butumwa yashyize kuri status ya WhatsApp kuri uyu wa Kane tariki ya 21...
Abafotozi barenga ijana bashinze ‘Image Rwanda’, bafunguye inzu ’Northern Creative Corner’ bazajya bamurikiramo ibikorwa byabo bikubiye mu mafoto, bakanahuguriramo urubyiruko rwifuza kwiga uyu mwuga. Iyi nzu bafunguye mu karere ka Musanze bavuga ko izafasha ba mukerarugendo basura u...