• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma yo gukorana indirimbo n’abahanzi batandukanye bo muri Uganda, Bruce Melodie yavuze ko abahanzi bo muri icyo gihugu badashyira imbaraga zihagije mu kwamamaza umuziki wabo hanze ya Uganda.

Bruce Melodie, umwe mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, numwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze gukorana n’abahanzi benshi bo mu bihugu bitandukanye. Muri Uganda, yakoranye indirimbo n’abarimo Sheebah Karungi, Eddy Kenzo na Ray G, n’abandi.

Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, Bruce Melodie yavuze ko nubwo amaze gukorana n’abahanzi bo muri Uganda indirimbo zakunzwe cyane mu Rwanda, badakora ibishoboka ngo bamamaze ibihangano byabo mu bindi bihugu.

Yagaragaje zimwe mu mbogamizi zihari ari uko abahanzi bo muri Uganda badakunze gusura u Rwanda n’ibindi bihugu, bityo bigatuma indirimbo zabo ntizimenyekane bihagije ku isoko ry’imyidagaduro.

Yagize ati: “Iyo utagaragara ngo uhure n’abafana imbonankubone, ntibakumenya, hari cyiba kibura. Ni cyo kibazo bafite ntakindi. Ntibakunda kuza gukorera ibitaramo i Kigali ngo bagerane n’abafana baba bafiteyo.”

Yasoje avuga ko bahanzi bo muri Uganda badakunda kuza i Kigali kuhakorera ibitaramo. Mu gihe we iyo asohoye indirimbo shya ahita ategura kujya i kampala, atagamije gukora igitaramo gusa, ahubwo ari ukumenyekanisha indirimbo ye shya ndetse no kumenyesha abantu ko Bruce Melodie ahari kandi ko akora umuziki.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Next Post

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n'umugabo we Suuna Ben

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.