• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ava Peace yari yanze kujya ku rubyiniro atishyuwe

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 30, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Ava Peace yagaragaje umujinya n’agahinda nyuma y’uko umuyobozi w’ibirori (promoter) amutindije kuririmba mu birori byo kwizihiza Boxing Day byabereye i Buwama, cyane ko yari yahatanze abandi abahanzi.

Amashusho yashyinzwe hanze n’uru rubuga, yagaragaje uyu muhanzikazi, aganira n’abitabiriye ibirori, aho yavuze ko Promoter yanze kumwishyura mbere yo kujya ku rubyiniro, ari na byo byutumye aririmba atinze mu masaha yarenga ane.

Ava yisobanuye avuga ko ibi byabaye bimusinga isura mbi cyane cyane kuri brand, nyamara amakosa atari aye. yanavuze ko ari mu bihe bikomeye aho ubukungu bwe buri kugabanuka, kandi nafite inshingano zo kwishyura amafaranga y’ibintu runaka nkoresha mu rugo rwanjye.

Ati: “Nyabuneka munsabire imbabazi. Abantu bagiye kunyanga bitewe na mwe,” Ava ibi yabivuze afite agahinda n’akababaro kenshi, ari ku rubyiniro. “Ninye umuhanzi wa mbere wageze hano, ariko nategetswe gutegereza amasaha ane. Ibyo si ubutabera.”

Yasoje agira ati: “Abategura ibirori bakwiye kurekera kudufata nabi, kuko twese tuba dushaka amafaranga yo kudufasha mu buzima bwacu bwa buri munsi. Mfite inzara ikomeye. None nje hano ugatangira kwanga kunyishura asigaye, hanyuma ukabwira abantu ko nanze kuririmba, ntibishimishije na gato.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Kugabanya igihombo cy’ibikomoka ku musaruro nyuma yo gusarurwa ni Inkingi y’umutekano w’ibiribwa mu Rwanda

Next Post

Ikiganiro cya The Ben na Perezida Kagame gikomeje gutera amatsiko abafana be

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Ikiganiro cya The Ben na Perezida Kagame gikomeje gutera amatsiko abafana be

Ikiganiro cya The Ben na Perezida Kagame gikomeje gutera amatsiko abafana be

Sheilah Gashumba na Skyla Tyla bateranye amagambo karahava nyuma yo gutaramira i Kigali

Sheilah Gashumba na Skyla Tyla bateranye amagambo karahava nyuma yo gutaramira i Kigali

Massamba Intore ahamya ko guhangana hagati ya Bruce Melodie na The Ben bidakwiye

Massamba Intore ahamya ko guhangana hagati ya Bruce Melodie na The Ben bidakwiye

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.