Umukinnyi w’ikinamico, filime n’urwenya, Ntarindwa Diogène wamamaye nka ‘Atome’ yatangaje ko igihe kimwe yigeze kumva ijwi ry’Imana rimuyobora aho yahuriye n’umuntu wamufashije gukabya inzozi zagejeje ku ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga w’umukino wamamaye uzwi nka “Carte d’identité.”
Digital Transformation Week 2024: ICT Chamber mu rugamba rwo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Rwanda
Digital Transformation Week 2024: Icyumweru cy'impinduka mu ikoranabuhanga.