• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw’izina ry’ubuhanzi nka Gaby Kamanzi (wavutse 1981) uririmba indirimbo ziramya Imana. Ni umwe mu bahanzi bigaragaje cyane mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025. Uyu munsi tugiye kugaruka gato mu ncamake y’amateka ye

Gaby Kamanzi yavukiye i Lubumbashi mu ntara ya Katanga muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (RDC)mumuryango w’abana batandatu akaba ari umwana wa karindwi akaba yaratangiye kugaragaza impano yo kuririmba ubwo yigaga mukigo cy’ishuri cya St Esprit giherereye mu karere ka Nyanza mu 1997 muri Singiza Ministries nyuma yo kwakira agakiza 

Urugendo rwe mu muziki

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Gabby Kamanzi

Gaby Kamanzi ufite izina rikomeye mu muziki wo guhimbaza no kuramya Imana  mu  Rwanda benshi bakunze kumwita Malayika wa Gospel muri 2021 akaba yarasohoye album(alubumu) yise Emmanuel abifashijwemo n’Inzu imutunganyiriza umuziki ikaba yitwa Moriah Entertainment.  Yavukiye mumuryango w’abahanzi harimo se umubyara, Nyina na murumuna we Pastor Lysette Karasira, Gaby Kamanzi akaba yaramenyekanye cyane hano mu gihugu  ndetse no mukarere k’ibiyaga bigari kubera ubuhanga bwe bw’ijwi no kuyobora abandi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza.  Avugako mubahanzi bo hanze y’igihugu cyacu cy’u Rwanda  akunda cyane harimo umunya Australia Darlene Zschech ndetse n’umunye Amanda Congo Malela. Gaby Kamanzi akaba yaramenyekanye cyane mundirimbo yitwa amahoro ndetse ni zindi nyinshi akaba amaze no gutwara ibihembo bitandukanye yaba hano mu gihugu ndetse no hanze nka Salax, Groove Awards ndetse na Sifa Rewards

Share2Tweet1Send
Previous Post

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

Next Post

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.