• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi “King Herself,” wamamaye nka Cindy Sanyu, mu kiganiro cyihariye yagiranye na Baba Tv Uganda, yavuze ku itandukaniro riri hagati y’uruganda rw’umuziki muri Uganda n’urwa Mpuzamahanaga.

Cindy  yasobanuye ko n’ubwo abahanzi mpuzamahanga bakunze kubona amafaranga menshi cyane, akenshi bakorera mu ibigo bikomeye by’umuziki (record labels) bifite amategeko akomeye agenga imyitwarire yabo.

Yavuze ko abahanzi bazwi ku isi nka Rihanna ari urugero rwiza, aho yavuze ko n’ubwo bunguka amafaranga menshi, usaga bafite ubwigenge budaghagije.

Ati: “Itandukaniro riri ku bahanzi nka Rihanna ni uko bunguka menshi, ariko usaga badafite ubwigenge n’ubwo dufite hano muri Uganda.”

Cindy yongeraho ko abahanzi bafitanye amasezerano n’ibigo bikomeye akenshi bahabwa amategeko y’uko bagomba kwitwara, uko bagomba kuvuga, uko bagomba kwambara, ndetse rimwe na rimwe ugasanga ntibifatira byemezo byabo bwite nko kujya mu rukundo cyagwa kuba yashinga umueyango.

Mu buryo butandukanye, yagaragaje ko abahanzi bo muri Uganda bafite ubwigenge bwinshi. Bashobora guhindura uburyo bakora umuziki, guhindura buri kimwe yabo cyose, cyangwa gufata ibyemezo byabo bwite batagombye kubifatirwa n’abandi.

Yongeyeho ati: “Abahanzi bo muri Uganda bashobora gukuraho cyangwa gushyira abayobozi babo mu igihe batabaha cyagwa badakora ibyo bumvikanye,” kandi avuga mu bindi bihugu abayobozi bashyirwaho n’ibigo, kandi rimwe na rimwe bashobora gufata icyemezo niba umuhanzi akomeza cyangwa ahagarikwa.

Ku birebana n’umwuga we, Cindy yavuze ko afite aho ahagaze: yongeyeho ko nubwo yakwishimira inyungu z’umuziki mpuzamahanga, ariko ubwigenge bufite agaciro kurusha ibindi byose ku muhanzi.

 Yashoje agira ati: “Nkunda kwigenga cyane kuruta ibindi byose, sijya nifuza ku yoborwa n’umuntu uwa ari we wese, ubwigenge ni ubwa mbere.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Nta muhanzi uzongera guhendwa ku bihangano bye” – Cindy Sanyu

Next Post

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
14 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
14 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise "Kirigute"

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

Azeezah Hashim akomeje kwigaragaza ku Isi

Azeezah Hashim akomeje kwigaragaza ku Isi

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.