• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 25, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Alien Skin yanenze bamwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda, abashinja kuba bari inyuma y’abakoresha TikTok, babaha amafaranga mu ibanga kugira ngo basebye abandi bahanzi bafitanye amakimbirane.

Atangaje ibi nyuma y’uko umwe muba TikToker Luwilight atawe muri yombi, amaziana ye yiswe n’ababyeyi be Nansubuga Aish, uyu mu TikToker yatawe muri yombi ku busabe bwa Bebe Cool, akekwaho guhohotera no gutoteza yifashifashishije imbuga nkoranyambaga ( cyber harassment and abuse), aho iritotezwa rifatanye isano n’ubucuruzi bw’imigati (bakery business) bwa Zuena. Alien Skin yavuze ko iyo nkuru yashyize ahagaragara ikibazo kimaze igihe mu ruganda rw’umuziki mu gihugu.

Nk’uko Alien Skin avuga ko hari abahanzi bafite amaziana akomeye bishyura ku bushake abakoresha imbuga nkoranyambaga kugira ngo babarwanire intambara zabo, bikaba byabyara icyo yise “ubugoryi n’ubucucu bikorerwa mu nganda z’imyidagaduro.

Yagize ati: “Icyaha ndagishyira ku bahanzi, cyane cyane abahanzi bamaze kubaka amazina yabo, kuko ari bo babiteye. Bashyizeho urganda mu rundi ruganda.”

Yakomeje avuga ko abo bahanzi bishyura abantu kugira ngo batuke cyangwa basebye undi muhanzi bafitanye amakimbirane, ntibatekereze ko uwo muntu bishyuye na we umunsi umwe ashobora kuzabwishyura ngo abasebye.

Alien Skin yavuze ko iyo myitwarire yagiye ikura iko imyaka yagiye ishira, ukugeza ubwo yinjiye no mu bahnzi bakizamuka, bikaba bishoboka ko kuyihagarika bizagorana.

Yanongeyeho ko kugerageza gukora inama na bene abo bakora ibyo kugira ngo ubwire aho bagarukira biba bigoye cyane, kuko intego yabo nyamukuru ari ugutuma uwo batatse agira ihungabana n’umujinya uko byagenda kose.

Yagize ati: “Ntushobora kubagira inama ngo bagire aho bagarukira ‘oya.

 Ntushobora kubabwira ko gutukana Atari byiza cyagwa gusebyana ibyo ntibabikozwa, cyane ko intego yabo ari ukukubuza amahoro, ni yo mpamvu bakoresha uburyo bwose bushoboka.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Indirimbo John Blaq yakoranye na Justin Bieber irasohoka bitewe n’umukino uribuhuze Man United na Arsenal

Next Post

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
53 minutes ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo...

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

Next Post
Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

Ibyabaye hagati yanjye na Grenade byari ukwibeshya” – Dokta Brain

Ibyabaye hagati yanjye na Grenade byari ukwibeshya" - Dokta Brain

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.