• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 25, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Alien Skin yanenze bamwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda, abashinja kuba bari inyuma y’abakoresha TikTok, babaha amafaranga mu ibanga kugira ngo basebye abandi bahanzi bafitanye amakimbirane.

Atangaje ibi nyuma y’uko umwe muba TikToker Luwilight atawe muri yombi, amaziana ye yiswe n’ababyeyi be Nansubuga Aish, uyu mu TikToker yatawe muri yombi ku busabe bwa Bebe Cool, akekwaho guhohotera no gutoteza yifashifashishije imbuga nkoranyambaga ( cyber harassment and abuse), aho iritotezwa rifatanye isano n’ubucuruzi bw’imigati (bakery business) bwa Zuena. Alien Skin yavuze ko iyo nkuru yashyize ahagaragara ikibazo kimaze igihe mu ruganda rw’umuziki mu gihugu.

Nk’uko Alien Skin avuga ko hari abahanzi bafite amaziana akomeye bishyura ku bushake abakoresha imbuga nkoranyambaga kugira ngo babarwanire intambara zabo, bikaba byabyara icyo yise “ubugoryi n’ubucucu bikorerwa mu nganda z’imyidagaduro.

Yagize ati: “Icyaha ndagishyira ku bahanzi, cyane cyane abahanzi bamaze kubaka amazina yabo, kuko ari bo babiteye. Bashyizeho urganda mu rundi ruganda.”

Yakomeje avuga ko abo bahanzi bishyura abantu kugira ngo batuke cyangwa basebye undi muhanzi bafitanye amakimbirane, ntibatekereze ko uwo muntu bishyuye na we umunsi umwe ashobora kuzabwishyura ngo abasebye.

Alien Skin yavuze ko iyo myitwarire yagiye ikura iko imyaka yagiye ishira, ukugeza ubwo yinjiye no mu bahnzi bakizamuka, bikaba bishoboka ko kuyihagarika bizagorana.

Yanongeyeho ko kugerageza gukora inama na bene abo bakora ibyo kugira ngo ubwire aho bagarukira biba bigoye cyane, kuko intego yabo nyamukuru ari ugutuma uwo batatse agira ihungabana n’umujinya uko byagenda kose.

Yagize ati: “Ntushobora kubagira inama ngo bagire aho bagarukira ‘oya.

 Ntushobora kubabwira ko gutukana Atari byiza cyagwa gusebyana ibyo ntibabikozwa, cyane ko intego yabo ari ukukubuza amahoro, ni yo mpamvu bakoresha uburyo bwose bushoboka.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Indirimbo John Blaq yakoranye na Justin Bieber irasohoka bitewe n’umukino uribuhuze Man United na Arsenal

Next Post

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
11 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

Ibyabaye hagati yanjye na Grenade byari ukwibeshya” – Dokta Brain

Ibyabaye hagati yanjye na Grenade byari ukwibeshya" - Dokta Brain

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.