• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yatangaje yashize studio ye bwite izamufasha gukora cyane

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 14, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi A Pass yatangaje impamvu yahise kwikorera studio ye bwite aho gukomeza kugenda yifashisha az’abandi mu gutunganya amajwi.

Mu gusobanura urugendo rwe mu muziki, A Pass yavuze ko icyemezo yafashe cyatewe n’ibibazo yahuye na byo mu ntangiriro z’umwuga we, aho yasabwaga kujya mu zindi studio kugira ngo babashe gutunganya amajwi y’indirimbo zabo.

Yagize ati: “nakunda gukora ntekereza uburyo jya kwifashisha izindi studio. Urabizi gukora indirimbo ugomba kujya muri studio. Nasabaga amafaranaga ababyeyi banjye ngo jye gukora umuziki cyane ko nari nkiri muto birumvikana nabaga mu rugo.”

Kubera ko yari asanzwe azi gukoresha mudasobwa, A Pass yatangiye kwiga uburyo amajwi yakorwa ndetse n’uko atunganyizwa muri studio. Amaze kwiga uburyo bwo gukora amajwi, yasanze kwikorera studio ye bwite byamuha ubwisanzure bwo gukora cyane.

Uyu muhanzi yashinze studio ye bwite yita “Game Over Where Tomorrow Was Yesterday“, izina avuga ko risobanura kuba imbere y’igihe cye.

Nk’uko A Pass abivuga, kugira studio ye bwite byamworohereje cyane uburyo bwo guhanga, ndetse bikanamworohereza gukora igihe cyose igitekerezo gishya kimujemo.

Yakomeje avuga ko gukomeza kujya mu zindi studio rimwe na rimwe bishobora kwangiza umwuka w’ubuhanzi muri we, cyane cyane iyo hari ibintu bishobora ku kubangamira cyagwa ibitekerezo bikabura igihe agiye kwandika indirimbo.

Ati: “Tekereza ko studio y’undi uba utayisanzuyemo, bityo rero ugenda uhura n’abantu bakubuza amahoro. Ugera aho ibitekerezo bigahinduka iby’ubuhanzi bigasa naho bishize muri wowe.”

Ariko ubu mfite studio yanje, byose byaroroshye. “Iyo uri muri studio yawe ibitekerezo birisukiranya cyane, bityo ugakora cyane.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ubuzima bw’Ababyeyi mu Njyana Gakondo n’Ikoranabuhanga

Next Post

Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
9 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.