• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yasabye abahanzi kudakurikiza inama z’abantu benshi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Alexander Bagonza wamamaye nka A pass, yasubije amagambo aherutse gutangazwa na Nalebo wamunenze avuga ko abafaba be batiyongera kandi ko undurimbo ze zidashobora gukundwa n’abantu benshi.

Mu kiganiro cyatambutse kuri Now Media UG, Jonathan Nalebo yagize ati: “A Pass yishyurwa amafaranga menshi, ariko n’ubwo yamarama umwaka adatumirwa mu bitaramo cyagwa ntabe ari ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba, ntaco biba bimubwiye.”

Yakomeje avuga ko umubare w’abamukurikira utajya wiyongera uko imyaka ishira, kandi ko ari integer nke kuri we nubwo afite indirimbo nyinshi.

A Pass yaje kwemera bimwe mu byo Nalebo yavuze. Mu kiganiro yakoreye kuri TikTok Live, uyu muhanzi yavuze ko azi neza urego ariho nk’umuhanzi, kandi ko abantu batifuza kumureba aririmba atari bo bagize abakunzi be.

Yagize ati: :ibyo abishingira ku ki? Njye sinyeneye abantu Babura ikizere  igihe ntaririmbye mu gitaramo. Abo si abantu nitaho. Iyo umuntu atakubuze abatanakwifuza. Kandi ibyo nta kibazo kibirimo.”

Yakomeje avuga ko abo bantu Atari bo bagize abafana be, kandi ko ibyo ari byo Nalebo yashoboraga  kuba yavuga. Yongeyeho ko hari abandi bahanzi bashobora guhuza na bene abo bafana kurusha uko we byamugendekera.

A pass yasabye n’abandi bahanzi n’abanyabugeni muri rusange kudaha agaciro ibitekerezo by’abantu, ahubwo ko bakwiye gushyira imbaraga ku ntego zabo, kuko muri iki gihe ntiwabuza abantu kuvuga, buri wese avuga ibyo ashaka.

Yasoje agira ati: “Ku bahanzi bose n’abanyabugeni, ntimukite ku byo abantu bavuga cyagwa ku gitutu cyabo. Buri wese abona ibintu ukwe kandi nti wamubuza kuvuga, ariko ntimukagishe inama nyinshi ku bantu batandukanye niba hari icyo mushaka kugeraho.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Tonton Chris yagarutse:  yashyize hanze indirimbo ebyiri icyarimwe

Next Post

Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Uganda: Bwoy Magical yatangaje ko yambuwe amafaranga na Jowy Landa

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Luwilight yatangaje ko yababariye Zuena na Bebe Cool

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

Rachel K avuga ku mibanire myiza n’umuryango nubwo batandukanye mu myemerere

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.