• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Viboyo Oweyo yatangaje ko yahawe impano y’imodoka n’umuntu azi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’Umunya-Uganda umaze igihe kinini mu muziki, Viboyo Oweyo, yatangaje ko interuro imwe yaririmbye mu ndirimbo y’icyamamare “Mr. DJ” yahinduye ubuzima bwe, ndetse ikanamufasha kugura imodoka.

Mu kiganiro yagiranye na Next Radio, Viboyo yavuze ko nyuma yo gusohoka kw’indirimbo yahuriyemo abahanzi benshi yitwa “Mr. DJ” mu 2009, avuga ko hari umufana wishimiye cyane igitero yaririmbyemo bityo akamuha miliyon 15 y’amashiringi ya Uganda nk’ishimwe.

Viboyo yavuze ko atari yiteguye kwakira iyo mpano avuga ko yayihawe n’umuntu atigeze ahura na we na mbere.

Viboyo ati: “Naguze imodoka yanjye ya mbere ku mafaranga navanye ku mu gitero naririmbye mu ndirombo yiswe ‘Mr Dj’. Nubwo twavuga ngo byatangiriye mu gotaramo cyagwa ahandi. Ariko ahari umuntu wumvise igitero cyanjye aravuga ati, Viboyo, ukwiriye igihembo,’ampa Miliyoni 15 ngo ngure imodoka. Mu by’ukuri sinari nzi uwo muntu.”

Icyo gihe, iyo ndirimbo yarakunzwe cyane mu gihugu, ihuriza hamwe abahanzi bakomeye bi muri Uganda, ndetse ihita ifata umwanya munini ku maradiyo nyuma yogushyirwa hanze.

Gusa Viboyo yagaragaje ko atishimiye uko muri iki gihe abafana batanga impano nk’izo, avuga ko bakunze kwitwa “blessers,” basa n’abagabanutse mu ruganda rwa muzika.

Yibajije impamvu abahanzi b’iki gihe badakunze kubona inkunga nk’iyo ishobora guhindura ubuzima bwabo, nubwo urwego rw’imyidagaduro rwagiye rutera imbere.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Vinka yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we Nell Witta

Next Post

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
11 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
16 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.