• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Urujijo ku mirambo myinshi yatahuwe aho yari itabye

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
March 26, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy’abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi.

Gutabururwa kw’iyi mirambo byakozwe nyuma y’uko polisi ibonye icyemezo cy’urukiko cyo kutabururwa kw’imirambo 14 byemezwagambere ko ari yo yashyinguwe aho hantu.

Umuganga wa leta ushinzwe gusuzuma imirambo, Richard Njoroge, yabwiye abanyamakuru ku mugoroba wo ku wa kabiri ko ibyo basanze bidasanzwe, aho imirambo yari yarashyizwe “mu mifuka ikomeye cyane”, nyuma y’icyo gikorwa cyakozwe umunsi wose cyaje guhagarikwa n’imvura nyinshi.

Biteganyijwe ko isuzuma ry’iyi mirambo ritangira kuri uyu wagatatu, mu gihe hari abasaba ko hamenyekana byihuse ba nyir’iyo mirambo.

Njoroge yavuze ko iyo mirambo irimo iy'”abantu bakuru barindwi n’abana 25″, abana bakaba ari impinja n’abari bakiri mu nda ya nyina. Hari n’ibice byinshiby’imibiri byakuwe aho hantu.

Yongeyeho ko imwe mu mirambo isa nkaho yaturutse mu bitaro no mu buruhukiro bw’imirambo ariko ko ibyo bizamenyekana nyuma yo gusuzuma imirambo.

Yavuze ko ibisigazwa by’abantu bakuru byangiritse cyane, naho iby’abana bikaba byo bitarangirika cyane, avuga ko ibyo byagaragaje ko bapfuye mu bihe bitandukanye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umukinnyi wa filime Esteri Tebandeke yitabye Imana azize uburwayi bw’impyiko

Next Post

Israel Mbonyi yinjiye mu kanama ka Mashariki

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya...

Next Post
Israel Mbonyi yinjiye mu kanama ka Mashariki

Israel Mbonyi yinjiye mu kanama ka Mashariki

Bwa mbere mu mateka, Umugore abaye Musenyeri wa Anglicane ku isi

Bwa mbere mu mateka, Umugore abaye Musenyeri wa Anglicane ku isi

Brésil yatangiye guteranyirizwamo indege ziruka kurusha umuvuduko w’ijwi

Brésil yatangiye guteranyirizwamo indege ziruka kurusha umuvuduko w’ijwi

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.