• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, April 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere kurusha abandi cyagwa bamwe mu abahanzi biyita abambere mu muziki.  

Muneza Christopher yagize ati: “Nubwo ntawe gamije gusesereza, ariko sinemeranya n’bamwe mu bahanzi bishora mu mpaka zo kuba aba mbere mu muziki.”

Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE ubwo yari ari kumenyekanisha album ye nshya yise ‘H20’.

Christopher yavuze ko ibyo guhangana ntacyo bifasha abahanzi, ahamya ko umuziki wa kabaye urubuga ruhuza abantu kurusha kubahanganisha.

Christopher ati: “Ubundi cyereka abahanzi babyizereyemo bakumva ko umuhanzi runaka atagakeiye kaba umwanzi wawe kubera ko ari umunyamuziki, umuziki ukwiye kuba uhuza abantu ntabwo utandukanya abantu.”

Ku rundi ruhande Christopher ntiyemeranya n’ibikunze gukorwa byo guhanganisha abahanzi, ahamya ko nta muhanzi wa mbere ubaho.

Ati “Njye ntawe nibasiye nta n’uwo ndibuvuge izina ariko nta muhanzi wa mbere ubaho, ubwo se waba uri uwa mbere mu biki? Hari urwego ugeraho mu Rwanda ukaba uzwi n’abantu bose […] biragoye ko wavuga ngo uyu niwe wa mbere, oya nta muhanzi wa mbere ubaho.”

Christopher avuga ko mu gihe ukoze indirimbo ikamamara bitakugira uwa mbere kuko haba hari n’abandi bafite indirimbo zizwi cyangwa n’ejo havuka undi nawe agakora indirimbo kamamara kurusha iyawe.

Uyu muhanzi yagaragaje ko abantu bakunze kwitiranya abafana bakunda umuhanzi cyane n’ababa bashungereye umuhanzi runaka kubera ibyo akora.

Ati “Tugira abantu benshi badukunda tukagira n’abandi badushungera, hari abahanzi bakundwa cyane bivuye ku mutima, tukagira n’abandi bashungerwa kubera ibintu runaka bakunda gukora.”

Christopher yagaragaje ko nta buryo bwo gupima igikundiro ku bahanzi buhari, ndetse ko iryo hangana inshuro nyinshi zituma hari byinshi byangirika.

Uyu muhanzi ahamya ko abantu bakwiye kujya batandukanya umuhanzi abantu bemera n’uwo abantu bakunda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

Next Post

Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n’abanya-Uganda muri Siant Valentin

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Goddess Sifaya: Umuhanzikazi wahinduye inzira kuva muri Dancehall akinjira mu muziki wuzuyemo ubutumwa bw’umwuka

by MUNYANKINDI Alphonse
12 hours ago

Umuhanzikazi Goddess Sifaya ni umwe mu bahanzi bahindutse mu buryo bugaragara mu muziki wa Caribbean. Uyu muhanzikazi wahoze azwi nka...

Xkolie: Umuhanzi uri kuzamuka wavukiye mu buzima bugoye ariko agakurana inzozi zikomeye

Xkolie: Umuhanzi uri kuzamuka wavukiye mu buzima bugoye ariko agakurana inzozi zikomeye

by MUNYANKINDI Alphonse
14 hours ago

Umuhanzi ukiri kuzamuka Xkolie, amazina ye nyakuri akaba Sunday James, ari mu bahanzi bashya bari kugenda bagaragaza impano mu muziki...

Pasika: Impamvu ihora ku Cyumweru kandi ikagira amatariki ahinduka

Pasika: Impamvu ihora ku Cyumweru kandi ikagira amatariki ahinduka

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Pasika ni umwe mu minsi mikuru ikomeye cyane mu myemerere ya gikristo ku isi. Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo...

Next Post
Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n’abanya-Uganda muri Siant Valentin

Ya Levis yatangaje ko azajya kwifatanya n'abanya-Uganda muri Siant Valentin

Victoria Kimani yatangaje ko ashyigikiye itsinzi ya Tyla muri Grammy

Victoria Kimani yatangaje ko ashyigikiye itsinzi ya Tyla muri Grammy

Zuchu yateye urwenya asaba Diamond kumwishyurira operasiyo yo kongera amabere

Zuchu yateye urwenya asaba Diamond kumwishyurira operasiyo yo kongera amabere

Imyidagaduro

Goddess Sifaya: Umuhanzikazi wahinduye inzira kuva muri Dancehall akinjira mu muziki wuzuyemo ubutumwa bw’umwuka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 5, 2026
Xkolie: Umuhanzi uri kuzamuka wavukiye mu buzima bugoye ariko agakurana inzozi zikomeye
Imyidagaduro

Xkolie: Umuhanzi uri kuzamuka wavukiye mu buzima bugoye ariko agakurana inzozi zikomeye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 5, 2026
Pasika: Impamvu ihora ku Cyumweru kandi ikagira amatariki ahinduka
Imyidagaduro

Pasika: Impamvu ihora ku Cyumweru kandi ikagira amatariki ahinduka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 5, 2026
Abahanzi barimo Ben & Chance, Papi Clever & Dorcas bashyize hanze indirimbo za Pasika
Imyidagaduro

Abahanzi barimo Ben & Chance, Papi Clever & Dorcas bashyize hanze indirimbo za Pasika

by Alex RUKUNDO
April 4, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.