• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere kurusha abandi cyagwa bamwe mu abahanzi biyita abambere mu muziki.  

Muneza Christopher yagize ati: “Nubwo ntawe gamije gusesereza, ariko sinemeranya n’bamwe mu bahanzi bishora mu mpaka zo kuba aba mbere mu muziki.”

Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE ubwo yari ari kumenyekanisha album ye nshya yise ‘H20’.

Christopher yavuze ko ibyo guhangana ntacyo bifasha abahanzi, ahamya ko umuziki wa kabaye urubuga ruhuza abantu kurusha kubahanganisha.

Christopher ati: “Ubundi cyereka abahanzi babyizereyemo bakumva ko umuhanzi runaka atagakeiye kaba umwanzi wawe kubera ko ari umunyamuziki, umuziki ukwiye kuba uhuza abantu ntabwo utandukanya abantu.”

Ku rundi ruhande Christopher ntiyemeranya n’ibikunze gukorwa byo guhanganisha abahanzi, ahamya ko nta muhanzi wa mbere ubaho.

Ati “Njye ntawe nibasiye nta n’uwo ndibuvuge izina ariko nta muhanzi wa mbere ubaho, ubwo se waba uri uwa mbere mu biki? Hari urwego ugeraho mu Rwanda ukaba uzwi n’abantu bose […] biragoye ko wavuga ngo uyu niwe wa mbere, oya nta muhanzi wa mbere ubaho.”

Christopher avuga ko mu gihe ukoze indirimbo ikamamara bitakugira uwa mbere kuko haba hari n’abandi bafite indirimbo zizwi cyangwa n’ejo havuka undi nawe agakora indirimbo kamamara kurusha iyawe.

Uyu muhanzi yagaragaje ko abantu bakunze kwitiranya abafana bakunda umuhanzi cyane n’ababa bashungereye umuhanzi runaka kubera ibyo akora.

Ati “Tugira abantu benshi badukunda tukagira n’abandi badushungera, hari abahanzi bakundwa cyane bivuye ku mutima, tukagira n’abandi bashungerwa kubera ibintu runaka bakunda gukora.”

Christopher yagaragaje ko nta buryo bwo gupima igikundiro ku bahanzi buhari, ndetse ko iryo hangana inshuro nyinshi zituma hari byinshi byangirika.

Uyu muhanzi ahamya ko abantu bakwiye kujya batandukanya umuhanzi abantu bemera n’uwo abantu bakunda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

Next Post

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Zuba Ray yagowe bikomeye no kwakira ko yakoranye indirimbo na King James ahamya ko kubwe n’ubu akibifata nk’inzozi nubwo bamaze...

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo...

Next Post
Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

Nyuma y'uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James - ndumva nkiri mu nzozi

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi
Imyidagaduro

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho
Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.