• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Umuhanzi Daxx Kartel yatangaje ko leta idakwiye gutera inkunga y’amafaranga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Daxx Kartel yanenze uburyo leta itanga amafaranga ku bahanzi, avuga ko iyo gahunda ishobora kuteza ibibazo mu ruganda rw’imyidagaduro mu gihe kirekire.

Mu kiganiro yagiranye na Gossip Live, Daxx Kartel yavuze ko aho guha amafaranga abahanzi nk’impano, leta ikwiye gushyiraho politiki n’ingamba zifasha abahanzi kwinjiza amafaranga mu buryo burambye bishingiye ku bikorwa byabo.

Yasobanuye ko urwego rw’imyidagaduro rukwiye gufatwa nk’urwabahanga cyane ko abarubarizwamo ari abahanga (creative industry) kandi ko ari runini ku buryo rushobora no gutanga imirimo myinshi ku baturage, bityo ko rudakwiye kwishingikiriza ku nkunga y’amafaranga atangwa na leta.

Yagize ati: “Mureke gutera inkunga y’amafaranga urwego rw’imyidagaduro.Ni ikosa kuduha amafaranga kandi muzicuza.Ayo mafaranga akwiye gushorwa mu bikorwa bishobora guteza imbere inzego n’imikorere y’imyidagaduro ishobora gutuma uyu mwuga ukorwa neza,ku buryo tuzagera aho akaba ari twe dutanga inkungay’amafaranga kubayishaka.”

Daxx yashimangiye ko gushora imari mu nzego zubaka urwego rw’imyidagaduro, mu mategeko arugenga ndetse no mu mikorere yarwo byafasha abahanzi gutera imbere no kubaka urwego rwigenga rushobora no kugira uruhare runini mu kuzamura ubukungu bw’igihugu.

Yanaburiye ko gukomeza leta igira uruhare mu miyoborere y’uru rwego binyuze mu bantu bamwe na bamwe, “bayihuza n’abahanzi,” bishobora kwaginza uru ruganda mu gihe kirekire.

Yasobanuye ko nubwo ibyo bikorwa bishobora kugaragara nk’ubufasha mu gihe gito, bishobora kubangamira iterambere ry’uru rwego kuko bituma rutigenga ngo rwiyubake.

Mu magambo ye asa n’uwibasira Uganda National Musicians Federetion (UNMF),  Daxx Kartel yasabye abayobozi b’uru rwego gutekereza ku murage bazasiga mu ruganda rwa muzika.

Yasoje agira ati: “Mwabyaye abana kandi ntimuzi icyo bazaba ejo. Haracyaza abandi bahanzi, akandi bazarimba kubarusha, ikandi bazazana impinduka. Icyo gihe bazavuga ngo abariho mubihe byashize ntibigeze buzuza inshingano zabo.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Ikigo Talent Africa Group ku bufatanye na Abeeka Band batangaje ibiciro by’amatike y’igitaramo gikomeye cyiswe “Roots & Vibes Concert” giteganyijwe...

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuraperi w’icyamamare muri Uganda, Navio, yatangaje ko afite gahunda yo kongera gukora igitaramo muri uyu mwaka, nyuma y’uko yagize igitaramo...

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye...

Uganda: Umuhanzi Daxx Kartel yatangaje ko leta idakwiye gutera inkunga y’amafaranga
Imyidagaduro

Uganda: Umuhanzi Daxx Kartel yatangaje ko leta idakwiye gutera inkunga y’amafaranga

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe
Ibirori

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026
Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka
Imyidagaduro

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko
Ibirori

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.