• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Jackie Chandiru yavuze ko uruganda rw’umuziki rwatakaje agaciro

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 9, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi w’icyamarere akaba n’umwe bagize itsinda Blu*3, Jackie Chandiru, yavuze ko uruganda rw’umuziki rwataye agaciro muri Uganda.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Jackie Chandiru yasobanuye ko kubera urubyiruko rwinshi rushaka kwamamara vuba kandi byihuse ku mbuga nkoranyambaga, ibintu by’ingenzi bikoreshwa mu muziki byagiye bibuara bianakaza agaciro kabyo.

Yagize ati: “Ubu ndatekereza ko nta cyerekezo cy’umuziki muri Uganda. Ndabivuga kuko n’iko kuri rwo, nta cyerekezo cy’umuziki gihari rwose muri iki gihe.”

Yakomeje agira ati: “Umuntu avuze ijambo runaka rihita ryamamara (Viral), ejo kumva ryajambo riri mu ndirimbo. Nya cyerekezo gihari kabasa. Umuntu wese ubishaka ahita ajya muri studio akaririmba, ndakurahiye uruganda rw’umuziki rwarangiritse.”

Yagiriye inama abakora ibikorwa by’ubuhanzi n’abakora ibikorwa bishya byigajemo ubungeni gushaka abafite impano, bakabibandaho bakabateza imbere aho kwinjira mu muziki gutyo gusa.

Yagize ati: “Niba uri TikToker kandi ukora udukino (skits) neza, komeza ubikore. Ujye utezimbere ubwo buhanga bwawe, ububyaze umusaruro. Ntugerageze kuririmba kuko ufite abo ukurikira ntabwo uzabishobora. ‘Yego’ rimwe na rimwe bishobora kugenda neza, ubundi ntibigende, ariko ntugakoreshe urubuga rwawe usenya umwuga w’ubuhanzi cyangwa utesha agaciro abandi. Ari rwose biragoranye pe!!”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Uburyo bwo kugabanya kubyimba mu maso – inzobere zirahishura ukuri

Next Post

Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
21 minutes ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Navio aragaragaza icyuho mu muziki wa Uganda

Ava Peace yatangaje ko yiteguye gukora igitaramo ku nshuro ya mbere

Ava Peace yatangaje ko yiteguye gukora igitaramo ku nshuro ya mbere

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n’inkangu

Derrick Biswanka yasabye Museveni gufasha abantu bahuye n'inkangu

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.