• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Spice Diana yagarutse ku bihe bikomeye yanyuzemo yiga Kaminuza

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yigeze gucika intege ku buryo yatekereje ku kureka umuziki, nyuma y’uko imodoka ye yibwe akiri umunyeshuri muri kaminuza.

Spice Diana yavuze ko ibyo byabaye ubwo yari ageze mu mwaka wa gatatu wa kaminuza ya Makerere University. Avuga ko  icyo gihe yari ari kugerageza guhuza amasomo n’umuziki cyane ko yari atangiye kumenyekana, ndetse yari amaze igihe yizigama amafaranga yo gutunganya amashusho y’indirimbo ye.

Gusa ibintu byaje gukomera  ubwo yibwaga imodoka atararagiza kwishyura amafaranga yose.

Diana yagize ati: “Hari igihe imodoka yanjye yibwe. Nari narazigamye amafaranga ngiye gukora amashusho y’indirimbo yanjye. Bibye imodoka yanjye n’utwo nari mfite. Iyo modoka nari narinyize ariko ntarayishyura amafaranga yose, ibyo bimaze kuba numvise nanze ubuzima bwanjye.”

Yavuze ko icyo kibazo cyamugoye ku cyakira cyane ko iyo modoka ariyo yari ashingiyeho mugendo yakoraga za buri munsi. Akomeza avuga ko icyo gihe yabaga my gace ka Makundye, kandi buri munsi yagombaga kujya kwiga Makerere University, ndetse akanayikoresha ajya mu bitaramo bitandukanye.

Kwiba ku imodoka ye byatumye bimugora guhuza ishuri n’umuziki cyane.

Spice Diana yunzemo ko yafashe icyemezo cyo gukoresha amafaranga make yari yakuye mu bitaramo yari koze mu biruhuko mu kwezi k’Ukuboza, kugira ngo abashe kogera kugura imodoka zimufasha gukomeza ibikorwa bye.

Yongeyeho ati: “Nari mfite nka miliyoni 1.5. Ntabwo yari ahagije ngo mbashe kungura indi modoka, ariko nanyuze ahantu bacuruza imodoka mbajije ibiciro nsanga imwe igura miliyoni 5. Nabahaye miliyoni 1.5, mbasigaramo ideni.”

Icyakora, yavuze ko  urugendo rw’ibyo bibazo bitarangiriye aho. Igihe yagarukaga gufata imodoka, bamubwiye ko agomba kwishyura amafaranga yose, ibintu byongeye kumusiga nta nurumiya afite munzu.

Ati: “Nagezeyo ngiye gufata imodoka bambwira ko ngomba kuzana andi mafaranga. Natangiye gusaba ko bansubiza ayo nari naratanze, ariko bayagabanyamo igice.”

Avuga ko ibi bibazo byasingiye agahinda kenshi, kugeza ubwo yatangiye gutekereza kureka gukora umuziki burundu.

Yasoje agira ati: “Icyo gihe numvaga nzinutswe, ndetse natekerezaga kureka burundu umwuga w’ubuhanzi.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Abahanzi barimo Joshua na bagenzi be bashyize hanze indirimbo nshya

Next Post

Bruce Melodie yakonye indirimbo nshya na Oxlade i Paris

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
13 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
13 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Bruce Melodie yakonye indirimbo nshya na Oxlade i Paris

Bruce Melodie yakonye indirimbo nshya na Oxlade i Paris

Michael B. Jordan na Jessie Buckley begukanye ibihembo by’abakinnyi beza

Michael B. Jordan na Jessie Buckley begukanye ibihembo by’abakinnyi beza

King Saha yasabye ko itegeko rya copyright ryihutishwa

King Saha yasabye ko itegeko rya copyright ryihutishwa

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.