• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Siniyumvisha ukunu gize imyaka 37 nkiri ingaragu” – Jason Derulo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 29, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu.

Jason Derulo wamenyakanye mu ndirimbo nka “Talk Dirty,” “Whatcha Say,” na “It Girl”, yavuze ko yakuranye inzozi zo gushaka umugore akiri muto, ashimangira ko amasomo yakuye mu by’urukundo ari yo yatumye atinda gushaka.

Ibi yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Graham Bensinger.

Jason Derulo yakomeje avuga ko ibyo yanyuzemo byahinduye uko yatekerezaga urushako. Yavuze ko yabonye abantu benshi batandukana, bimutera ubwoba bwo kwiyemeza gufata icyemezo cyo gushaka umugore.

Ati “Nagiye ntekereza ko nzashaka abakobwa benshi mu bo naterese. Nta na rimwe nigeze ntekereza ko nzageza imyaka 37 nkiri ingaragu. Gusa ku rundi ruhande nabonye byinshi, nabonye abagore basiga abo bashakanye mu kabyiniro bagakurikira abandi basore. Byinshi narabibonye.”

Umubano wihariye wa Jason Derulo wamenyekanye cyane ni ubwo yari mu rukundo na Jordin Sparks kuri ubu wamaze gushaka no kubyara, nyuma y’uko batandukanye mu 2014.

Mu 2021 Jason Derulo yabyaranye na Jena Frumes bakundanaga, ariko baza gutandukana nyuma y’amezi atanu babonye uyu mwana wabo w’umuhungu.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Pacson wavunitse itako ategereje kubagwa

Next Post

21 Savage yaciye amarenga ko umwana Latto atwite ari uwe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu ryitwa B2C Entertainment ryatangaje ko ritita ku makimbirane aterwa n’umuziki cyagwa aturuka ku bahanzi, ibi babitagaje...

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya...

Next Post
21 Savage yaciye amarenga ko umwana Latto atwite ari uwe

21 Savage yaciye amarenga ko umwana Latto atwite ari uwe

Umunyarwanda Aminu Iradukunda uri mu bayobora ibihangano by’abahanzi bakomeye ku Isi

Umunyarwanda Aminu Iradukunda uri mu bayobora ibihangano by’abahanzi bakomeye ku Isi

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu
Imyidagaduro

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026
“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C
Imyidagaduro

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.