• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Se wa Wiz Khalifa yitabye Imana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 15, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi w’icyamamare Wiz Khalifa yatangaje inkuru ibabaje y’urupfu rwa se, Laurence W. Thomaz, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi.

Uyu muhanzi ufite imyaka 37 y’amavuko, wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nka “See You Again” yagaragaje agahinda ke kenshi ariko anashimira uruhare rukomeye se yagize mu buzima bwe, avuga ko amwubaha kandi ko namwibukira ku nyigisho n’indagagaciro yamwigishije.

Mu butumwa bwe, Wiz yagarutse ku buryo se yitebye Imana mu mahoro, anavuga amasomo akomeye yamusigiye. Yagize ati: “

Mu butumwa bwe, Wiz yagarutse ku buryo se yitabye Imana mu mahoro, anavuga amasomo akomeye yamusigiye. Yagize ati: “Uyu munsi papa yahisemo kudakanguka. Nzahora mukunda, mukumbura kandi nshimira ibyo yanyigishije. Yagiye nk’umuyogi nyakuri, mu mahoro kandi mu gihe cye. Nzahora ngukunda Laurence W. Thomaz.” Ubu butumwa yashyize kuri Instagram bwerekanye amarangamutima ye, agaragaza se nk’umuntu wagiye mu ituze n’icyubahiro.

Abakunzi be n’abandi bamukurikira bihutiye kumuha ubutumwa bw’ihumure n’inkunga, bagaragaza ko bifatanyije na we muri aka kababaro. Ibi byagaragaje uburemere bwo kubura umubyeyi.

Mu butumwa bwinshi bwamugezeho, bamwe bagaragaje ko na bo babajwe n’iyo nkuru ya kababaro. Umwe yagize ati: “Nzi uko wiyumva. Nanjye nabuze ababyeyi bimbo kandi n’ubu ndacyabibuka. Turakoze tugusengere.” Undi na we yanditse agira ati: “Turatekereza ko uri kunyura mu bihe bikomeye, turumba akababaro urimo kunyuramo ko kubura umubyeyi wa we.”

Ibi bibaye mu gihe Wiz khalifa yari akomeje ibikorwa bye  bya muzika n’ubuzima bw’umuryango we, aho afite umuhungu witwa Sebastian yabyaranye n’uwahoze ari umukunzi we  Amber Rose. Akenshi uyu muraperi yagiye agaragaza ko impanuro za se ari zo zagiye zimuha imbaraga ndetse ko zanamubereye umusingi w’intsinzi ye.

Mu gihe Wiz ari kunyura mu bihe bikomeye byo kubura umubyeyi we, umuryango wa hip-hop n’abakunzi be, bakomeje kumwihanganisha ku bwi gihombo yagize cyo kubura papa we, ndetse no ku musabira we na nyina Peachie n’imuryango we muri rusange.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Napfuye iminota 40: Uko byahinduye ubuzima bwanjye burundu

Next Post

Art Rwanda-Ubuhanzi yashimiye abatsinze icyiciro cya gatatu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
16 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
21 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Art Rwanda-Ubuhanzi yashimiye abatsinze icyiciro cya gatatu

Art Rwanda-Ubuhanzi yashimiye abatsinze icyiciro cya gatatu

Hamilton na Kim: Urukundo ruri mu ibanga rikomeye?

Hamilton na Kim: Urukundo ruri mu ibanga rikomeye?

Showbiz nyarwanda mu ndorerwamo ya YouTube

Showbiz nyarwanda mu ndorerwamo ya YouTube

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.