• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Rihanna yabaye ahunze urugo rwe ruri muri Los Angeles nyuma yo kurusimbuka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Rihanna yavuye mu Mujyi wa Los Angeles aho asanzwe atuye, nyuma y’iminsi mike umugore witwaje intwaro arashe ku nzu ye.

Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo inzu ya Rihanna iherereye ahazwi nka Beverly Hills yarashweho amasasu 10, ariko ararusimbuka.

Ikinyamakuru TMZ cyakurikiranye iyi nkuru cyahishuye ko nyuma y’iri rasa, Rihanna yahise asohoka mu Mujyi wa Los Angeles akoresheje indege bwite, icyakora ntabwo cyatangaje aho yerekeje.

Iki kinyamakuru cyagaragaje ko Ivanna Lisette Ortiz ukekwaho kurasa amasasu ku rugo rwa Rihanna yari yarigeze kujyanwa mu kigo cy’abafite uburwayi bwo mu mutwe mbere ya 2023, ndetse anamburwa uburenganzira bwo kurera umwana we w’imyaka 10.

Amakuru ahari avuga ko inzu ya Rihanna yarashweho mu gihe yari mu rugo ari kumwe n’abana be batatu, gusa umugabo we, ASAP Rock ntiyari ahari.

Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo uyu mugore uri mu kigero cy’imyaka 30, yatwaye imodoka ye yerekeza ahatuye Rihanna, maze arasa urufaya rw’amasasu menshi ku nzu ye, gusa ntibizwi icyamuteye gukora ibi.

Polisi yahise yihutira gutabara, ita muri yombi uyu mugore ukekwaho icyaha, ndetse iperereza riracyakomeje kugira ngo hamenyekane impamvu yabimuteye.

Nyuma y’iryo raswa ndetse uwarashe agatabwa muri yombi, ku mugoroba wo ku wa 9 Werurwe 2026 yaje kurekurwa nyuma yo gutanga ingwate y’ibihumbi 10$.

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Nta muhanzikazi mfata nk’inshuti ya hafi” – Ava Peace

Next Post

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Atletico Madrid yahaye isomo Tottenham, Barcelona igwa miswi na Newcastle

Big Eye yavuze ku mutungo afite n’urukundo rwe na Inaya

Big Eye yavuze ku mutungo afite n’urukundo rwe na Inaya

Ava Peace yahishuye indirimbo akunda kurusha izindi

Ava Peace yahishuye indirimbo akunda kurusha izindi

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.