Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana
Nyuma y’amezi hafi 12 ari mu Itorero Ishyaka ry’Intore, umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo z’agakondo, Ruti Joël, yafashe icyemezo cyo gusubira mu Itorero Ibihame by’Imana, aho yavukiye mu buryo bw’umwuka, avuga ko yahisemo guharanira kubana no gukemura ibibazo aho kubyirengagiza. Muri Ukwakira 2024 nibwo Ibihame by’Imana...








