Birambuye Papa Leo XIV watowe ni muntu ki?
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo MININFRA n’Abafatanyabikorwa bayo barimo Ikigo gutanga imodoka zikoresha amashanyarazi BasiGo, n’Ishyirahamwe ry’abatwara abantu mu modoka mu Rwanda RTA, batangije gahunda yo gutwara abagenzi mu modoka zikoresha amashanyarazi, ku muhanda Kigali-Muhanga-Nyanza-Huye, mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi mukuru wa Volcano Express Igabe Egide...
Kutonsa umwana bihagije ni kimwe mu bibazo bikomeje gutera imirire mibi mu bana bato, nk’uko byagarutsweho na Depite Uwababyeyi Jeannette, umwe mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko, asobanura ko konsa umwana kugeza nibura ku myaka ibiri bigira uruhare runini mu mikurire ye...
Uwiyita Nibisazi ku mbuga nkoranyambaga yandikiye Polisi y’u Rwanda avuga ko ibintu bitifashe neza mu mibereho ye, asaba ko yajyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba kwigirayo imyuga. Ni ubutumwa yashyize ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter...
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Maxime Kali Nathan Wenssens, yabonye ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K.V.V. Thes Sport Tessenderlo ikina mu Cyiciro cya Gatatu. Mu mpeshyi yo mu 2024, ni bwo Maxime Wensens yatandukanye na Union Saint-Gilloise yo muri icyo gihugu mu Cyiciro cya Mbere,...