Gaza: Ubushobozi bwo kuvura abakomerekeye mu bitero bya Isreal bukomeje kuba ingorabahizi
Muri Gaza, abaganga bavuga ko buri munsi bakira indembe nyinshi cyane ku buryo zimwe bazishyira ku buriri, izindi ku butaka, ndetse hari n’igihe babura aho bazishyira. Ibi byose byatewe no kwakira abantu buri munsi barashwe barushaho kwiyongera, cyane cyane abagiye gushaka ibyo kurya muri ibi...









