Adekunle Gold, D’banj na Stonebwoy baririmbiye Davido mu bukwe
Ubukwe bwa Davido na Chioma bukomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko bubereye I Miami muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni ubukwe bwabaye ku wa 11 Kanama 2025 bwitabirwa n’abaherwe, abayobozi ba za Leta zo muri Nigeria n’abahanzi babanye neza na Davido. Igihe ubukwe bwari burimbanyije, Abahanzi...









