Virgil van Dijk mu biganiro byo kongera amasezerano muri Liverpool
Kapiteni w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu y’u Buhorandi, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatangiye ibiganiro na Liverpool bigamije kongera amasezerano.
Kapiteni w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu y’u Buhorandi, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatangiye ibiganiro na Liverpool bigamije kongera amasezerano.
Biragoye ku mukobwa wiyemeza kwinjira mu muziki bitewe n’ibicantege byinshi bahura nabyo kubera ko baba basabwa kurara amajoro baririmba n’ibindi bisa nkabyo bisaba kwitanga. Gusa bimaze kumenyerwa ko umuziki ari umwuga utanga amafaranga menshi mu gihe ukorwa neza.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yerekeje mu gihugu cya Canada, aho agiye gukorera ibitaramo bine, asiga avuze ko nta mikoranire yihariye yagiranye na 'Fatakumavuta' nk'uko byagiye bivugwa mu bihe bitandukanye.
Fondasiyo Nyafurika y'Ishuri ry'Imiyoborere (African School of Governance/ ASG Foundation) ifite icyicaro gikuru i Kigali mu Rwanda, yashyizeho Umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu nk'umuyobozi mukuru w'ikigo gishya cy'imiyoborere yatangije.
Umuraperi Kenny Rulisa uzwi nka Kenny K-Shot yatangaje ko yifashishije abahanzi 7 kuri Album ye nshya yise “Intare 2” mu rwego rwo gushimangira uburyo atigeze acika intege mu rugendo rwe rw’umuziki nk’umuhanzi wigenga.