Wari uzi ko uwakubiswe n’inkuba nta kintu yakorerwaga ataragangahurwa?
Mu mpera z'icyumweru gishize, abantu icyenda bakubiswe n'inkuba barapfa mu karere ka Ngoma mu burasirazuba bw'u Rwanda. Jean De Dieu Ndaruhutse, ukuriye Umurenge wa Jarama aho ibi byabereye, yabwiye itangazamakuru ko abo bantu bakubiswe n'inkuba bari bavuye guhinga mu gishanga cya Jarama, imvura ibafatira mu...









