• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera yafashe icyemezo ntakuka cyo kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda.

Iki gitaramo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025, cyahishuye ishusho nyakuri y’urukundo uyu muhanzi akunzwe mu rugando rw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Richard Nick Ngendahayo yanyuzwe n’uburyo abanyarwanda bamwakiriye afata icyemezo cyo kongera kugaruka gutaramira mu Rwanda

BK Arena yari yakubise yuzuye abakunzi be bari baje kureba uyu muhanzi nyuma y’imyaka 17 adakandagiza ikirenge ku butaka bw’u Rwanda. Bamufashije kuririmba indirimbo ze zikunzwe cyane zirimo Niwe, Ibuka n’izindi.

Muri iki gitaramo abantu bagera kuri 503 barihannye bizamura amarangamutina ya Richard Nick Ngendahayo bituma yifuza kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo gusoza igitaramo, Umuhanzi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko yanyuzwe cyane ariko by’umwihariko kubari bamaze kwihana bakiriye agakiza bagera kuri 503.

Kubw’ibihe byiza yagize yabwiye itangazamakuru ko abanyarwanda bagomba kwitegura kugaruka kwe. Akaba yarabwiye itangazamakuru ko agiye kuvugana na BK Arena kugira arebe uko yafata gahunda hakiri akazaza gutaramira abanyarwanda ku itariki ya 1/1/2027.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Next Post

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe ‘Isezerano

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe 'Isezerano

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.