• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka itanu Christopher tagaragara muruhame yatumiwe  mu gitaramo cy’i Kigali 

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 23, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’imyaka itatu adakorera ibitaramo mu Rwanda, Christopher agiye guhurira mu gitaramo na Siji ugezweho i Burundi.

Uyu muhanzi azaririmba mu gitaramo ‘The Somnia Mix’ kizabera muri Zaria Court ku wa 26 Ukwakira 2025.

Ni igitaramo Christopher azahuriramo n’abahanzi barimo Siji uri mu bagezweho i Burundi kubera indirimbo ye ‘Komsa’ yatumye aba ikimenyabose no mu Rwanda.

Uretse aba bahanzi ariko kandi byemejwe ko iki gitaramo kizacurangamo DJ Rugamba uzwi nka Senshi.

Mu kiganiro na IGIHE, Christopher yavuze ko yishimiye kuba agiye kongera gutaramira abakunzi be nyuma y’igihe kinini adataramana nabo.

Ati “Uzi ko natekereje nsanga maze imyaka irenga itatu ntataramira i Kigali, nari nkumbuye abakunzi banjye kandi nabo nibaza ko ari uko. Icyakora nababwira ko maze iminsi mpugiye mu gukora kuri album yanjye izajya hanze mu minsi iri imbere, ntekereza ko abazayumva bazayiryoherwa. Nimara kujya hanze nibwo nzamenya gahunda zizakurikira wenda wasanga harimo n’ibitaramo.”

Christopher utibukaga neza igihe aherukira gutaramira abakunzi be, aheruka kugaragara ku rubyiniro mu mpeshyi ya 2022 ubwo yari yitabiriye igitaramo cyatumiwemo Tay C muri BK Arena.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Chagga yavuze ko yakabaye yarahagaritse abantu bagiriraga nabi Mowzey Radio

Next Post

Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

by MUNYANKINDI Alphonse
52 minutes ago

Ikigo Talent Africa Group ku bufatanye na Abeeka Band batangaje ibiciro by’amatike y’igitaramo gikomeye cyiswe “Roots & Vibes Concert” giteganyijwe...

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Umuraperi w’icyamamare muri Uganda, Navio, yatangaje ko afite gahunda yo kongera gukora igitaramo muri uyu mwaka, nyuma y’uko yagize igitaramo...

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye...

Next Post
Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi

Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi

Perezida Paul Kagame yizihije isbukuru y’imyaka 68

Perezida Paul Kagame yizihije isbukuru y’imyaka 68

Intambara y’amagambo hagati ya Pacson na Ama G The Black

Intambara y’amagambo hagati ya Pacson na Ama G The Black

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe
Ibirori

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026
Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka
Imyidagaduro

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko
Ibirori

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026
Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama
Imyidagaduro

Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.