• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy’Inganzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Gisa cy’Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari  uburyo bwo guharanira icyubahiro n’umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki.

Gisa cy’Inganzo yabigarutseho nyuma yo gusohora indirimbo ye shya yise  ‘Nzaguhisha’ iyi ndirimbo ibaye iya kabiri asohoye nyuma y’iyo yashyize hanze indirimbo yise ‘Ku mutima’  mu mpera z’ukwezi gushize.

Numa yo gusohora izi ndirimbo ebyeri mu kwezi kumwe, Gisa cy’Inganzo yagize ati: “Njye nangije umwanya mu bintu bidafite umumaro, ubu maze kwitekerezaho n’icyo gihe cyogukora ntikoresheje.”

Gisa cy’Inganzo yavuze ko ku bwe ibintu byahindutse, by’umwihariko avuga ko yahinduye inshuti yagendanaga nazo.

Gisa ati “Ubu ibintu byarahindute nkeneye abajyana bazima bo kujya bagira inama ndetse akamba hafi muri make abantu b’umumaro. Icyo nabizeza ni uko ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha uwifashije.”

Kandi Gisa cy’Inganzo yanateguje album ye ya mbere ari gutegura, yavuze ko ari bwo akeneye ubufasha n’abamugira inama zima.

Yongeho ati “Ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha afite icyo aheraho, gusa nkeneye ubufasha bw’amaboko mazima kandi ndi gukora no kuri album.”

Muri Nzeri 2025 nibwo Gisa cy’Inganzo yasubukuye umuziki nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri gereza y’i Muhanga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Next Post

BK Arena ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo – Sharangabo Alex

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
BK Arena ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo – Sharangabo Alex

BK Arena ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo - Sharangabo Alex

Sinjya mpanga indirimbo, Imana ni yo ibikora” – Richard Nick Ngendahayo

Sinjya mpanga indirimbo, Imana ni yo ibikora” – Richard Nick Ngendahayo

Cyusa Ibrahim agiyegushyira hanze album ye shya yise “Muvumwamata”

Cyusa Ibrahim agiyegushyira hanze album ye shya yise “Muvumwamata”

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.