• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy’Inganzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Gisa cy’Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari  uburyo bwo guharanira icyubahiro n’umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki.

Gisa cy’Inganzo yabigarutseho nyuma yo gusohora indirimbo ye shya yise  ‘Nzaguhisha’ iyi ndirimbo ibaye iya kabiri asohoye nyuma y’iyo yashyize hanze indirimbo yise ‘Ku mutima’  mu mpera z’ukwezi gushize.

Numa yo gusohora izi ndirimbo ebyeri mu kwezi kumwe, Gisa cy’Inganzo yagize ati: “Njye nangije umwanya mu bintu bidafite umumaro, ubu maze kwitekerezaho n’icyo gihe cyogukora ntikoresheje.”

Gisa cy’Inganzo yavuze ko ku bwe ibintu byahindutse, by’umwihariko avuga ko yahinduye inshuti yagendanaga nazo.

Gisa ati “Ubu ibintu byarahindute nkeneye abajyana bazima bo kujya bagira inama ndetse akamba hafi muri make abantu b’umumaro. Icyo nabizeza ni uko ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha uwifashije.”

Kandi Gisa cy’Inganzo yanateguje album ye ya mbere ari gutegura, yavuze ko ari bwo akeneye ubufasha n’abamugira inama zima.

Yongeho ati “Ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha afite icyo aheraho, gusa nkeneye ubufasha bw’amaboko mazima kandi ndi gukora no kuri album.”

Muri Nzeri 2025 nibwo Gisa cy’Inganzo yasubukuye umuziki nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri gereza y’i Muhanga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Next Post

Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

MTN yashyigikiye Richard Nick Ngendahayo mu gitaramo

MTN yashyigikiye Richard Nick Ngendahayo mu gitaramo

“Thanksgiving in Action 2025” igamije gushima Imana mu bikorwa igiye kuba ku nshuro ya 19

"Thanksgiving in Action 2025" igamije gushima Imana mu bikorwa igiye kuba ku nshuro ya 19

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.