• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy’Inganzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Gisa cy’Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari  uburyo bwo guharanira icyubahiro n’umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki.

Gisa cy’Inganzo yabigarutseho nyuma yo gusohora indirimbo ye shya yise  ‘Nzaguhisha’ iyi ndirimbo ibaye iya kabiri asohoye nyuma y’iyo yashyize hanze indirimbo yise ‘Ku mutima’  mu mpera z’ukwezi gushize.

Numa yo gusohora izi ndirimbo ebyeri mu kwezi kumwe, Gisa cy’Inganzo yagize ati: “Njye nangije umwanya mu bintu bidafite umumaro, ubu maze kwitekerezaho n’icyo gihe cyogukora ntikoresheje.”

Gisa cy’Inganzo yavuze ko ku bwe ibintu byahindutse, by’umwihariko avuga ko yahinduye inshuti yagendanaga nazo.

Gisa ati “Ubu ibintu byarahindute nkeneye abajyana bazima bo kujya bagira inama ndetse akamba hafi muri make abantu b’umumaro. Icyo nabizeza ni uko ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha uwifashije.”

Kandi Gisa cy’Inganzo yanateguje album ye ya mbere ari gutegura, yavuze ko ari bwo akeneye ubufasha n’abamugira inama zima.

Yongeho ati “Ngiye gukora cyane ku buryo n’uwafasha yafasha afite icyo aheraho, gusa nkeneye ubufasha bw’amaboko mazima kandi ndi gukora no kuri album.”

Muri Nzeri 2025 nibwo Gisa cy’Inganzo yasubukuye umuziki nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri gereza y’i Muhanga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Next Post

Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
55 minutes ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

Ibyowamenya kuri Prophet Elijah uvuga ko amaze imyaka 9 atarya, uretse kunywa gusa!

MTN yashyigikiye Richard Nick Ngendahayo mu gitaramo

MTN yashyigikiye Richard Nick Ngendahayo mu gitaramo

“Thanksgiving in Action 2025” igamije gushima Imana mu bikorwa igiye kuba ku nshuro ya 19

"Thanksgiving in Action 2025" igamije gushima Imana mu bikorwa igiye kuba ku nshuro ya 19

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.