• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, March 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Natekereje kuva mu ruganda rw’umuziki muri Uganda”- D Star

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 4, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi akanatunganya indirimbo D Star, wamenyekanye cyane mu ndirimbo ye nka Hoozambe, yatangaje ko hari igihe yigeze gutekereza kuva mu ruganda rwa muzika muri Uganda.

D Star yavuze ko mu ntangiriro z’uyu mwaka yatekereje cyane kureka muzika no kwimukira i Nairobi muri Kenya, kubera impamvu z’umwuga n’iz’umuryango.

Yasobanuye ko asanzwe afite imishinga n’ubucuruzi muri Kenya, ndetse n’abavandimwe be baba yo, ibintu byatumye agira icyo igitekerezo cyo kwimuka.

Yagize ati: “Uyu mwaka natekereje kureka muzika no kwimukira i Nairobi, Kenya. Cyane ko mfite yo imishinga n’ubucuruzi. Mfite yo n’abavandimwe banjye baba yo.”

D Star yagaragaje ko yabitewe no kutanyurwa n’uko ibintu byifashe mu muziki wa Uganda, avuga ko uru ruganda rwatakaje agaciro ku isoko, ndetse ko bamwe mu bahanzi barimo kurushaho kurwangiza kubera ko rimwe na rimwe irushanwa rijya rikorwa riba ritarimo ubunyangamugayo n’imikorere mibi.

Yakomeje agira ati: “Nashakaga kuva mu ruganda rwa muzika kuko abantu rwagiritse kandi ntabunyangamugayo bucyibamo abantu bararunanije. Nta soko rukigira, kandi abakora muri urwo ruganda usaga aribo barukoresha mu buryo butri bwo. Ntibifuriza abandi ibyiza, mu by’ukuri uruganda barukoresha nabi.”

Yashoje avuga ko kubura ubumwe no kutifurizanya ineza hagati y’abahanzi ari kimwe mu bibazo bikomeye bidindiza iterambere ry’uru ruganda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Next Post

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Abafite pasiporo ya uganda bemerewe kujya mu bihugu 40 nta visa

Abafite pasiporo ya uganda bemerewe kujya mu bihugu 40 nta visa

APR FC yasezereye Kiyovu, igera muri ¼ cy’Amahoro

APR FC yasezereye Kiyovu, igera muri ¼ cy’Amahoro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.