• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko gushaka amafaranga bitagira iherezo kandi ko buri gihe usanga bantu bayashaka kuva bavutse kugeza basaje batarayabona. 

Uyu muhanzi watsindiye ibihembo bitandukanye, ibi yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagize ati: “Abantu benshi abafite ubutunzi bakunze kwiheba bavuga ko bafite ubukene cyagwa ugasanga abayeho mubwoba bukomeye.”

Yakomeje avuga ko abandi usanga bahora bashaka amafaranga ariko ntagwire ngo abemenshi, rimwe na rimwe bakaburira imiryango yabo umwanya kubera ibyo gusa.

Ati: “Ntabwo bikwiye mu by’ukuri. kuko iyo amafaranga aje, akenshi ibyishimo bihita bishira?” ibi yabyibajije, anagira inama abakunzi be n’uko abakurikira amafaranga cyane bajya kure y’ururkundo n’ibyishimo bakimika ibinyoma cyane, bigaragaza ku mbuga nkoranyambaga kugirango babarebe nyama ibyo berekana, ataribyo bafite. ”

Umwe mubasomye ubutumwa bwe yanditse agira ati: “Mbese urimo gushaka kuvuga ko amafaranga atazana ibyishimo?? Kandi nawe ushaka buri munsi. ngaho uzarekere kuyashaka turebe uko wabaho.”

Mu gusubiza ibyo, Kizz Daneil, yasobanuye ko abaho nk’umuntu ufite ubukene, cyane ko amafaranga ateri we uyakurikirana cyagwa ngo abe ariwe uyatunze ibyo bifite ababyitaho, niyo ayakeneye nawe asaba nk’abandi.

Ati: “Lol… Nyikora nk’umuntu ukennye buri munsi. Nt’amafaranga ngira, afite uyakotorora ubwo rero urabyumva nta nigiceri gira.

Ati: “Bantu, sinavuga ngo nti musheke amafaranga ’oya’ muyashake ariko muruhuke cyagwa mushakire umwanya imiryango yanyu, ikindi mwibukeko amafaranga azana ibibazo, kubaho mu bwoba nashira zabahonte? Bizagenda bite?. Abatuze amafaranga ntibazakubwira ukuri.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

Next Post

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Amatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho uburiganya

Amatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho uburiganya

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.