• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko gushaka amafaranga bitagira iherezo kandi ko buri gihe usanga bantu bayashaka kuva bavutse kugeza basaje batarayabona. 

Uyu muhanzi watsindiye ibihembo bitandukanye, ibi yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagize ati: “Abantu benshi abafite ubutunzi bakunze kwiheba bavuga ko bafite ubukene cyagwa ugasanga abayeho mubwoba bukomeye.”

Yakomeje avuga ko abandi usanga bahora bashaka amafaranga ariko ntagwire ngo abemenshi, rimwe na rimwe bakaburira imiryango yabo umwanya kubera ibyo gusa.

Ati: “Ntabwo bikwiye mu by’ukuri. kuko iyo amafaranga aje, akenshi ibyishimo bihita bishira?” ibi yabyibajije, anagira inama abakunzi be n’uko abakurikira amafaranga cyane bajya kure y’ururkundo n’ibyishimo bakimika ibinyoma cyane, bigaragaza ku mbuga nkoranyambaga kugirango babarebe nyama ibyo berekana, ataribyo bafite. ”

Umwe mubasomye ubutumwa bwe yanditse agira ati: “Mbese urimo gushaka kuvuga ko amafaranga atazana ibyishimo?? Kandi nawe ushaka buri munsi. ngaho uzarekere kuyashaka turebe uko wabaho.”

Mu gusubiza ibyo, Kizz Daneil, yasobanuye ko abaho nk’umuntu ufite ubukene, cyane ko amafaranga ateri we uyakurikirana cyagwa ngo abe ariwe uyatunze ibyo bifite ababyitaho, niyo ayakeneye nawe asaba nk’abandi.

Ati: “Lol… Nyikora nk’umuntu ukennye buri munsi. Nt’amafaranga ngira, afite uyakotorora ubwo rero urabyumva nta nigiceri gira.

Ati: “Bantu, sinavuga ngo nti musheke amafaranga ’oya’ muyashake ariko muruhuke cyagwa mushakire umwanya imiryango yanyu, ikindi mwibukeko amafaranga azana ibibazo, kubaho mu bwoba nashira zabahonte? Bizagenda bite?. Abatuze amafaranga ntibazakubwira ukuri.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

Next Post

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
58 minutes ago

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Next Post
Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA
Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.