• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

John Blaq yahishuye uruhare rwe mu ndirimbo z’abandi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 8, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi John Blaq yatangarije abakunzi be b’umuziki ko afite indi mpano abantu benshi batari bamuziho. Uretse kuririmba indirimbo ze ndetse zanakunzwe, yavuze ko akenshe ariwe utekereza akanandika amagambo y’indirimbo, yongeyeho ko Atari ize gusa ahubwo n’iz’abandi bahanzi.

 Uyu muhanzi yavezeko yandikiye indirimbo abahanzi batandukanye, zirimo Wano ya Chosen Becky na One Bite ya  Vinka, n’izindi zigiye zitandukanye.

Nubwo agaragaza ubuhanga mu kwandika indirimbo, John Blaq avuga ko atafata iyo mpano nk’izamwinjiriza amafaranga ikomeje kugendera ku mategeko adahinduka.

Yasobanuye ko kuri we kwandika indirimbo bishingira ku guhanga n’urukundo rw’umuziki, Atari igitutu cyagwa inyungu z’amafaranga. Yanongeyeho ko iyo kwandika bihindutse igikorwa kibanda ku mafaranga mbere ya byose, bihita bigutera gukora nabi umunaniro, ari na byo avuga ko yirinda.

John Blaq yakomeje avuga ko uburyo abonamo amafaranga mu ndirimbo yanditse butoroshye (Butajegajega). Hari igihe azigurisha, ariko hari n’igihe azitanga ku buntu bitewe n’umuhanzi ndetse n’imiterer y’ubushobozi bwe.

Yashoje agira ati: “Hari gihe mbwira umuntu ngo ampe amafaranga ya lisansi gusa, hanyuma tukicara ahantu, tukarya inkoko na tugashyiraho ka sod, maze nkamwandikira indirimbo kandi akahava ayijyanye.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ibihugu birimo u Rwanda, Uganda na Kenya bihanganye n’ikibazo cy’ikoreshwa nabi ry’amafaranga

Next Post

Movie Corner: Series ngufi wahitamo iyi weekend

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Movie Corner: Series ngufi wahitamo iyi weekend

Movie Corner: Series ngufi wahitamo iyi weekend

Uvuye ku kwezi ukagera ku Isi: Dore Ibyagusubiza hasi ako kanya

Uvuye ku kwezi ukagera ku Isi: Dore Ibyagusubiza hasi ako kanya

Ibanga ryo kugera ku myaka 70 ugifite imbaraga

Ibanga ryo kugera ku myaka 70 ugifite imbaraga

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.