• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Izina Pitt riragenda ricika mu muryango wa Brad Pitt

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 2, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Mu gihe benshi batekerezaga ko intambara y’inkundura ya Brad Pitt n’uwahoze ari umugore we Angelina Jolie yarangiye mu 2024, hari ibimenyetso bishya bigaragaza ko ayo makimbirane ashobora kuba agihari, noneho agaragarira ku mazina y’abana babo babyaranye.

Impaka zongeye kubura nyuma y’uko Angelina Jolie atanagaje firime nshya yitegura gusohora yise Couture aho yagaragaje umuhungu we nka “Maddox Jolie”, aho kuba Maddox Chivan Jolie–Pitt.

Maddox, umwana mukuru w’aba bakinnyi ba firime bombi, yafashije nyina kuyobora amashusho y’iyo filime. Ariko icyateye impaka si uruhare rwe mu kuyikora firime, ahubwo ni izina ryanditswe mu byemezo by’abayikozeho — izina rya “Pitt” rikaba ritaragaragaye.

Inshuti za hafi za Brad Pitt zabwiye TMZ ko ibi atari impinduka isanzwe, ahubwo ari uburyo bwo gukomeza gutandukanya Pitt n’umuryango we. Bivugwa ko bishobora kuba ari uburyo bwo kumushyira kure y’umuryago we.

Ibi bije bikurikira undi mwana wabo, Shiloh Jolie, na we watangaje ko yakuye izina Pitt mu butyo mwemewe n’amategeko mu mzina ye, akaba yarikuyeho izina rya semuri Kanama 2024, nyuma y’uko yujuje imyaka 18. Kuva icyo gihe, akoresha amazina “ Shiloh Jolie”.

Abandi bana babo barimo Zahara Marley Jolie-Pitt na Vivaenne Jolie-Pitt na bo bakunze kugaragara bakoresha izina rya Jolie gusa, nubwo batarikuzaho izina rya se Pitt mu mategeko, ariko bisa nk’aho nabo bari hafi kuryikuzaho.

Ibi byose bigaragara nk’aho izina rya Pitt rikomeje kugenda rikurwa ku bana be umwe ku wundi, ibintu bikoje kwibazwaho niba ari abana bari kwihitiramo kwikuraho izina rya se cyagwa niba ari ingaruka z’ibibazo by’ababyeyi babo.

Brad Pitt na Angelina Jolie batangiye umubano wabo mu 2004, ariko baza gutandukana muri Nzeri 2016. Urubanza rwabo rwagatanya rwamaze imyaka isaga umunani cyane ko rwasojwe mu Ukuboza 2024.

Nubwo mu mategeko batakiri kumwe, ibibera mu muryango wabo bigaragaza ko ibikomere by’ayo makimbirane bishobora kuba bitarakira — kandi ubu intambara isa n’iri kwimukira ku bana nko kubakuzaho izina rya se, ibintu muri Amerika bifatwa nk’ikirango kwitwa rimwe mu mazina y’umubyeyi w’umugabo: izina ry’umuryango.

Share2Tweet1Send
Previous Post

T.I. yongeye kugirana amakimbirane na 50 Cent

Next Post

Coco Finger Avuga ku Buzima Bwe Bwo Hambere: Yigeze Gukoresha Bibiliya Mu Kunywa Urumogi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Coco Finger Avuga ku Buzima Bwe Bwo Hambere: Yigeze Gukoresha Bibiliya Mu Kunywa Urumogi

Coco Finger Avuga ku Buzima Bwe Bwo Hambere: Yigeze Gukoresha Bibiliya Mu Kunywa Urumogi

Senateri Dr Frank Habineza yamaganye ibihuha bimuvugwaho

Senateri Dr Frank Habineza yamaganye ibihuha bimuvugwaho

Ziza Bafanayatangaje ko Mowzey Radioyari afite inzozi zo gushinga ‘label’ mu Rwanda

Ziza Bafanayatangaje ko Mowzey Radioyari afite inzozi zo gushinga ‘label’ mu Rwanda

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.