• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Harmonize yongera kurahira urukundo rwa Kajala: “Ni we mahitamo yanjye ya nyuma”

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
February 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’igihe kinini urukundo rwabo ruvugwaho byinshi, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yongeye gutungura benshi agaragaza ko Frida Kajala ari we mutima we n’iherezo ry’urugendo rwe rw’urukundo.

 Ibi yabigarutseho mu butumwa burebure yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram mu ijoro ryo ku wa 4 Gashyantare 2026, ashimangira ko atazongera “kujarajara” mu rukundo.

Mu magambo yuzuyemo amarangamutima, Harmonize yasobanuye uko gukunda Kajala byamuhinduye umuntu mushya, wita ku buzima bwe, ku kazi ke no ku hazaza he.

 Yavuze ko urukundo n’icyubahiro amuha bitamugira umuhanzi mwiza gusa, ahubwo bimumugira umugabo utekereza, wubaha inshingano ze kandi uharanira iterambere.

Uyu muhanzi uzwi cyane mu muziki wa Afurika y’Iburasirazuba, yagaragaje ko Kajala atari umukunzi usanzwe, ahubwo ari “ubutunzi bwe bukomeye”, amushimira uko yamugiriye icyizere n’uko ahora amuba hafi mu bihe byose.

Yavuze ko kumwubaha bimufasha guhora yitonda mu byo avuga no mu byo akora, kuko byose bigira ingaruka ku isura yabo bombi.

Harmonize kandi yashimangiye ko mu rukundo rwabo, ari we wungukiramo cyane kurusha undi wese, kuko Kajala yamugize umugabo uhamye kandi wubashywe.

Ibi yabifashe nk’inshingano aho kubifata nk’amagambo y’igihe gito, agaragaza ko yiteguye kubaka urukundo rurambye.

Mu gusoza ubutumwa bwe, Harmonize yatangaje amagambo yafashwe nk’indahiro ikomeye, avuga ko Frida Kajala ari we mahitamo ye ya nyuma muri ubu buzima.

Yongeyeho ko n’iyo hashira imyaka icumi, azahora yumva urukundo rwabo nk’urukigitangira, ibintu byashimishije cyane abakunzi babo ku mbuga nkoranyambaga.

Ibi bibaye mu gihe bombi baherutse kwemeza ko bongeye gusubirana mu Ukuboza 2025, Harmonize akanaha Kajala impano y’imodoka, ibintu byongeye kugarura icyizere mu bakurikiranira hafi uru rukundo rwanyuze mu bihe bikomeye.

 Ku bakunzi b’imyidagaduro, benshi bibaza niba iyi nshuro ari yo izaba iherezo ry’ihurizo ryabo, cyangwa niba urukundo rwabo ruzaba rumaze kubona umurongo uhamye

Share2Tweet1Send
Previous Post

DJ Pius yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Amerika

Next Post

Murera yisubije icyizere itsinda AS Kigali, isoza inzira y’agahinda

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Murera yisubije icyizere itsinda AS Kigali, isoza inzira y’agahinda

Murera yisubije icyizere itsinda AS Kigali, isoza inzira y’agahinda

Juno Kizigenza mu mpaka ku kabyiniriro ‘Rutwitsi’

Juno Kizigenza mu mpaka ku kabyiniriro ‘Rutwitsi’

Polisi iri gukora iperereza ku rupfu rwa TikToker Dianah Skys

Polisi iri gukora iperereza ku rupfu rwa TikToker Dianah Skys

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.