• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Gloria Bugie yahakanye byogutwara abagabo babandi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 21, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n’abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore.

Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk’uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera ibitero by’amagambo yagi agambwaho.

Hashize amezi make hari ibihuha bivuga ko yaba ari mu rukundo n’umugabo ushobora kuba yubatse, cyanw ko nta mugabo waba uzwi kobari mu rukundo ryihariye.

Gloria Bugie Yahakanye byogutwara abagabo babandi

Mu kiganiro aherutse gukoran n’itangazamakuru, uyu muhanzikazi yabajijwe niba akunda kujya mu rukundo n’abagabo bubatse, agize ati: ” oya sinabikora”, si ubwa mbere yarabajijwe icyo kibazo ariko n’ubundi akomeza abihakana yivuye inyuma.

Gloria avuga ko adashobora narimwe gukundana n’umugabo ufite umugore cyane ko ataba abasha ku musagira n’undi, ati: ” njyewe sinakundana n’umugabo nahuriraho n’undi. Giye gukunda nakunda umusore udafite umukunzi cyagwa umugore cyane ko byafasha kuba uwanjye  gusa. Sibyiza kwivaga mu rukundo.”

Yongeye ati: “Nta na rimwe nabana n’umugabo w’ubatse. Nzashaka umugabo wanjye kandi umwe rukumbi. Umubiri wanjye zawuha umusore udafite umukunzi cyagwa umugore, imiterere yanjye ndabinzi ikurura abagobo ariko ibyo sibyatuma senya ingo zabandi. Simbyemera.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Kim Kardashian yaguze mu ibanga Bibiliya ya se

Next Post

B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

Mikie Wine yatangaje ko afite impano y’umwuka wera

Mikie Wine yatangaje ko afite impano y'umwuka wera

Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhagarika igitaramo i Denver

Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhagarika igitaramo i Denver

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.