Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n’abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore.
Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk’uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera ibitero by’amagambo yagi agambwaho.
Hashize amezi make hari ibihuha bivuga ko yaba ari mu rukundo n’umugabo ushobora kuba yubatse, cyanw ko nta mugabo waba uzwi kobari mu rukundo ryihariye.

Mu kiganiro aherutse gukoran n’itangazamakuru, uyu muhanzikazi yabajijwe niba akunda kujya mu rukundo n’abagabo bubatse, agize ati: ” oya sinabikora”, si ubwa mbere yarabajijwe icyo kibazo ariko n’ubundi akomeza abihakana yivuye inyuma.
Gloria avuga ko adashobora narimwe gukundana n’umugabo ufite umugore cyane ko ataba abasha ku musagira n’undi, ati: ” njyewe sinakundana n’umugabo nahuriraho n’undi. Giye gukunda nakunda umusore udafite umukunzi cyagwa umugore cyane ko byafasha kuba uwanjye gusa. Sibyiza kwivaga mu rukundo.”
Yongeye ati: “Nta na rimwe nabana n’umugabo w’ubatse. Nzashaka umugabo wanjye kandi umwe rukumbi. Umubiri wanjye zawuha umusore udafite umukunzi cyagwa umugore, imiterere yanjye ndabinzi ikurura abagobo ariko ibyo sibyatuma senya ingo zabandi. Simbyemera.”







