• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Gloria Bugie yahakanye byogutwara abagabo babandi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 21, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n’abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore.

Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk’uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera ibitero by’amagambo yagi agambwaho.

Hashize amezi make hari ibihuha bivuga ko yaba ari mu rukundo n’umugabo ushobora kuba yubatse, cyanw ko nta mugabo waba uzwi kobari mu rukundo ryihariye.

Gloria Bugie Yahakanye byogutwara abagabo babandi

Mu kiganiro aherutse gukoran n’itangazamakuru, uyu muhanzikazi yabajijwe niba akunda kujya mu rukundo n’abagabo bubatse, agize ati: ” oya sinabikora”, si ubwa mbere yarabajijwe icyo kibazo ariko n’ubundi akomeza abihakana yivuye inyuma.

Gloria avuga ko adashobora narimwe gukundana n’umugabo ufite umugore cyane ko ataba abasha ku musagira n’undi, ati: ” njyewe sinakundana n’umugabo nahuriraho n’undi. Giye gukunda nakunda umusore udafite umukunzi cyagwa umugore cyane ko byafasha kuba uwanjye  gusa. Sibyiza kwivaga mu rukundo.”

Yongeye ati: “Nta na rimwe nabana n’umugabo w’ubatse. Nzashaka umugabo wanjye kandi umwe rukumbi. Umubiri wanjye zawuha umusore udafite umukunzi cyagwa umugore, imiterere yanjye ndabinzi ikurura abagobo ariko ibyo sibyatuma senya ingo zabandi. Simbyemera.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Kim Kardashian yaguze mu ibanga Bibiliya ya se

Next Post

B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

Uganda: Israel Mbonyi yatumiwe mugitara cyateguwe na  Prophet Bishop Sibomana Samuel

Uganda: Israel Mbonyi yatumiwe mugitara cyateguwe na Prophet Bishop Sibomana Samuel

Theo Bosebabireba yatangiye kuvugurura amashusho y’indirimbo ze za kera

Theo Bosebabireba yatangiye kuvugurura amashusho y'indirimbo ze za kera

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.