• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Amatangazo

Eugene Anangwe wahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda yakeje Perezida Kagame.

admin by admin
November 8, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyamakuru Eugene Anangwe wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo RBA, CNBC na East Africa Media Group, yahawe ubwenegihugu kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2024, agaragaza ko yishimiye kuba Umunyarwanda.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Anangwe yagaragaje ko atewe ishema no kuba Umunyarwanda, nyuma yo guhabwa ubwenegihugu, mu gikorwa cyabereye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.

Yagize ati “Rwanda nziza gihugu cyacu, ngobyi iduhetse gahorane ishya. Berwa, sugira, singizwa iteka. Urakoze Rwanda, ndi hano kugira ngo ngukorere, nkurinde n’imbaraga zanjye zose. Kuri Nyakubahwa Perezida Kagame, ni iby’icyubahiro [kuba mpawe ubwenegihugu] […] Baca umugani mu Kinyarwanda ngo, ushonje uhishiwe.”

Yasoje ubutumwa bwe ashimira inzego zamufashije anavuga ko ari umuturage utewe ishema no kuba Umunyarwanda.

Eugene Anagwe yavukiye mu Burengerazuba bwa Kenya mu 1986, arinaho yigiye amasomo ye anahatangirira umwuga, mbere y’uko mu 2008 atangira gukorera mu Rwanda ahereye kuri Contact FM.

Eugene Anangwe yahawe ubwenegihugu Nyarwanda

Anangwe yavuze ko yishimiye kuba Umunyarwanda

Ubwenegihugu yabuherewe mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali


Share2Tweet1Send
Previous Post

FERWAFA yateye mpaga APR FC mu mukino wayihuje na Gorilla FC

Next Post

Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

admin

admin

IZINDI NKURU WASOMA

Imvura n’inkuba bikomeje guteza inkeke mu Ntara y’Amajyepfo: Umubyeyi yitabye Imana, abandi barakomereka

Imvura n’inkuba bikomeje guteza inkeke mu Ntara y’Amajyepfo: Umubyeyi yitabye Imana, abandi barakomereka

by MUNYANKINDI Alphonse
7 days ago

Imihindagurikire y’ikirere ikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu Karere ka Gisagara habaye impanuka yatewe n’inkuba yahitanye ubuzima...

Abanyarwanda bakomeje kwigaragaza ku ruhando rwa Afurika binyuze muri Zikomo Africa Awards

Abanyarwanda bakomeje kwigaragaza ku ruhando rwa Afurika binyuze muri Zikomo Africa Awards

by MUNYANKINDI Alphonse
1 week ago

Abanyarwanda bakomeje kwandika amateka ku ruhando mpuzamahanga, aho bamwe muri bo begukanye ibihembo bikomeye muri Zikomo Africa Awards, ibihembo bigamije...

Imishinga ikomeye itegerejwe kugena icyerekezo cy’iterambere ry’u Rwanda guhera mu 2026

Imishinga ikomeye itegerejwe kugena icyerekezo cy’iterambere ry’u Rwanda guhera mu 2026

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Guhera mu mwaka wa 2026, u Rwanda ruteganya gushyira mu bikorwa imishinga minini izagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubwikorezi,...

Next Post
Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

A1 Iron & Steel, uruganda rukora ibyuma rugiye kubakwa i Musanze.

A1 Iron & Steel, uruganda rukora ibyuma rugiye kubakwa i Musanze.

Anne Kansiime na Mammito utwite bataramiye abitabiriye Youthconnekt Africa imaze iminsi 3 i Kigali.

Anne Kansiime na Mammito utwite bataramiye abitabiriye Youthconnekt Africa imaze iminsi 3 i Kigali.

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026
Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool
Imyidagaduro

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.