• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Amatangazo

Eugene Anangwe wahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda yakeje Perezida Kagame.

admin by admin
November 8, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyamakuru Eugene Anangwe wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo RBA, CNBC na East Africa Media Group, yahawe ubwenegihugu kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2024, agaragaza ko yishimiye kuba Umunyarwanda.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Anangwe yagaragaje ko atewe ishema no kuba Umunyarwanda, nyuma yo guhabwa ubwenegihugu, mu gikorwa cyabereye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.

Yagize ati “Rwanda nziza gihugu cyacu, ngobyi iduhetse gahorane ishya. Berwa, sugira, singizwa iteka. Urakoze Rwanda, ndi hano kugira ngo ngukorere, nkurinde n’imbaraga zanjye zose. Kuri Nyakubahwa Perezida Kagame, ni iby’icyubahiro [kuba mpawe ubwenegihugu] […] Baca umugani mu Kinyarwanda ngo, ushonje uhishiwe.”

Yasoje ubutumwa bwe ashimira inzego zamufashije anavuga ko ari umuturage utewe ishema no kuba Umunyarwanda.

Eugene Anagwe yavukiye mu Burengerazuba bwa Kenya mu 1986, arinaho yigiye amasomo ye anahatangirira umwuga, mbere y’uko mu 2008 atangira gukorera mu Rwanda ahereye kuri Contact FM.

Eugene Anangwe yahawe ubwenegihugu Nyarwanda

Anangwe yavuze ko yishimiye kuba Umunyarwanda

Ubwenegihugu yabuherewe mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali


Share2Tweet1Send
Previous Post

FERWAFA yateye mpaga APR FC mu mukino wayihuje na Gorilla FC

Next Post

Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

admin

admin

IZINDI NKURU WASOMA

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Impaka zikomeje kuzamuka mu muryango wa Rayon Sports nyuma y’itangazo ryayo rihinyuza amakuru yatangajwe na Rugaju Reagan ku bijyanye n’itandukana...

‘Bwa mbere’ mu Rwanda abaganga babaze indwara y’igicuri ‘yari yarananiye imiti’

‘Bwa mbere’ mu Rwanda abaganga babaze indwara y’igicuri ‘yari yarananiye imiti’

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Ibitaro Kaminuza bya Kigali, CHUK, byatangaje ko uyu munsi ku nshuro ya mbere byabaze umurwayi ufite indwara y'igicuri cyari cyarananiye...

Kanseri ya ‘prostate’ mu Rwanda irimo gutera impungenge

Kanseri ya ‘prostate’ mu Rwanda irimo gutera impungenge

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko kanseri ya prostate ikomeje kwiyongera mu Rwanda ku buryo mu 2025 ari yo...

Next Post
Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

Uko byagenze ngo Mutuyeyezu Oswald (Oswakim) abe umunyamakuru mwiza w’umwaka wa 2024

A1 Iron & Steel, uruganda rukora ibyuma rugiye kubakwa i Musanze.

A1 Iron & Steel, uruganda rukora ibyuma rugiye kubakwa i Musanze.

Anne Kansiime na Mammito utwite bataramiye abitabiriye Youthconnekt Africa imaze iminsi 3 i Kigali.

Anne Kansiime na Mammito utwite bataramiye abitabiriye Youthconnekt Africa imaze iminsi 3 i Kigali.

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.