• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Eddy Kenzo yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye cyo gusubira mu ishuri, aho ubu ari gukurikira amasomo muri kaminuza.

Uyu muhanzi inshuro nyinshi  yagiye avuga ku buzima bwe, aho yagiye avuga ko akiri umwan yagiye ahura n’ibibazo bikomeye ndetse yakunze ku mvikana kenshi avuga yakuriye ku muhanda. Ati: “Urugendo rw’ubuzima bwanjye nyiri muto bwari bwuzuyemo agahunda n’umubabaro.”

 Yakomeje avuga ko amashuri ye yo mu bwana atayize neza nk’uko byakabaye. Yasobanuye ko yagiye asimbuka bimwe mu byiciriro by’amashuri, yongeyeho ko muri ibyo byicirro yasimbutse byatumye atabona impamyabumenyi zeme ko yabiciyemo, ibintu avuga ko ubu yumva akeneye gukosora.

Ikiganiro yagiranye n’umunyamakuru Kawalya Isaac Kaiyz, Kenzo, nk’umwe wegukanye igihembo cya Bet Awards, yavuze ko gusubira mu ishuri kwe ko ntaho bihuriye na politiki, bityo ashyira umucyo ku bihuha byari bimaze iminsi bivugwa.

Yagize ati: “Sinigeze ntekereza kuza hatanira umwanya uwo ari wo  wose muri politiki, abantu ntibakwiye ku binyitegaho, kuri njye sinabikora. Kandi siu ko ntabumenyi mfite cyagwa ntujuje ibisabwa ‘oya’. Nasubiye ku ishuri nk’umutu ukeneye kwiyungura ubumenyi no gusubiramo ibyiciro by’amashuri nari narasimbutse, none ubu ndi kwiga muri kaminuza.”

Kenxo yasobanuye ko iki cyemezo yagifashe ku mpamvu ze bwite, kandi ko gishingiye ku nshingano afite nk’umubyeyi n’umuntu wifaza kuzagira ejo hazaza heza, aho kwiyereka abantu gusa.

Yunzemo ko ashaka kubera abana be urugero rwiza, ndetse akanategura uko azabaho mu gihe azaba atagishoboye gukora umwuga w’ubuhanzi.

Uyu muhanzi yongeyeho ko amasomo ari kwiga amufasha kwitegura imyaka iri imbere, cyane cyane mu bijyanye no gucunga neza imishinga ye y’ubucuruzi n’ishoramari rirambye.

Nubwo atigeze avuga amasomo ari kwiga, Kenzo yavuze ko ubutumwa ahaka gutanga kandi bukomeye n’uko kwiga bitagira iherezo.

Yagize ati: “Buri gisekuru gifite ingeno ryacyo. Sinzajya ku rubyiniro iteka ryose. Hari gihe kigera ukarekera kwamamara no gukundwa cyagwa ugasaza ntube Wabasha kogera kwinyeganyeza.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Next Post

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.